BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Feb 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Kamonyi: Inzu y’ubucuruzi yafashwe n’inkongi y’Umuriro

Kamonyi: Inzu y’ubucuruzi yafashwe n’inkongi y’Umuriro

admin
Last updated: August 31, 2022 10:42 am
admin
Share
SHARE
Mu ijoro ryo kuwa 29/rishyira taliki ya 30 Kanama 2022  inzu y’ubucuruzi yafashwe n’inkongi ibyarimo byose birashya birakongoka.
Ibicuruzwa byari muri iyi nzu byahiye birakongoka
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rukoma Nsengiyumva Pierre Célestin avuga ko hataramenyekana icyateye iyo nkongi.

Ati“Hahiriyemo ibicuruzwa by’ubwoko bwose kuko harimo matela, imyenda y’abagabo n’ibindi byinshi.”

Nsengiyumva yavuze ko uwacururizaga muri iyi nyubako yakodeshaga, cyakora bakaba biyambaje Ishami rya Polisi y’Iigihugu rishinzwe kuzimya umuriro (Fire brigade of Police).

Gitifu yavuze ko  iyi nzu nta bwishingizi  yari ifite, kugira ngo hishyurwe indi n’ibicuruzwa byahiriyemo.

Usibye iyi nyubako, n’imyenda myinshi yahiriyemo, hari kandi n’imashini zidoda, amasafuriya, amasahani y’ubwoko butandukanye ndetse n’amaradiyo.

Ubuyobozi bw’Umurenge buvuga ko nyiri iyo nzu yahiye ari uwitwa Kabagema Jean Baptiste utuye mu Mujyi wa Muhanga, naho uwayicururizagamo akaba yitwa Nyandwi Jean.

Ubuyobozi n’ibigo by’ubwishingizi hashize igihe basaba abaturage cyane cyane abacuruzi gushinganisha amaduka, ibicuruzwa, amatungo ndetse n’imyaka mu rwego rwo  kugira ngo hirindwe ibihombo biterwa  n’inkongi.

MUHIZI ELISÉE / UMUSEKE.RW i KAMONYI
Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Nta Gihugu gishobora kwemeza ko cyageze ku iterambere rirambye mu gihe abagore bagipfa batanga ubuzima-PM Dr.Nsengiyumva

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Justin Nsengiyumva witabiriye ibikorwa by’Inama y’Abakuru b’Ibihugu…

Amateka y’umunsi w’abakundana wa ‘Saint Valentin’

Ubusanzwe umunsi wa Saint Valentin wizihizwa tariki 14 Gashyantare ku Isi hose…

Ethiopia: Abanyamakuru batatu bahagaritswe kubera gushinja Leta gufasha inyeshyamba zo muri Sudani

Leta ya Ethiopia yambuye abanyamakuru batatu bakorera Ibiro Ntaramakuru, Reuters, uruhushya rwo…

Umuryango w’Abibumbye urashinja RSF kwica abasivili barenga 6000 mu minsi itatu

Raporo yashyizwe ahagaragara n'Umuryango w'Abibumbye (UN), ivuga ko umutwe urwanya ubutegetsi bwa…

Gen. Muhoozi agiye kugenderera u Rwanda

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ateganta kuzasura…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Leta ya DRC yemeje ko igiye gutanga umukandida muri OIF 

2 Min Read
Politike

Uwera Jean Maurice yashimiye Perezida Kagame ku cyizere yamugiriye

2 Min Read
Politike

Uganda: Umudepite wa NUP ya Bobi Wine yatawe muri yombi

2 Min Read
Politike

Perezida Mamadi Doumbouya yarahiye mu muhango witabiriwe na Perezida Kagame

4 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?