BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Feb 10, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Kagame yaganiriye na Embaló ushaka kumvikanisha u Rwanda na Congo

Kagame yaganiriye na Embaló ushaka kumvikanisha u Rwanda na Congo

admin
Last updated: November 13, 2022 11:32 pm
admin
Share
SHARE

Kuri iki cyumweru, Perezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro, Perezida Umaro Sissoco Embaló wa Guinea-Bissau, uyu aragenzwa no gushaka ubwumvikane hagati y’u Rwanda na Congo.

Perezida Umaro Sissoco Embaló wa Guinea-Bissau n’intumwa bari kumwe bakiriwe na Perezida Paul Kagame mu biro bye

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu byavuze ko Perezida Kagame na Umaro Sissoco Embaló baganiriye ibyo gukomeza umubano hagati y’u Rwanda na Guinea-Bissau, ndetse n’ibibazo birebana n’umutekano mu karere.

Umaro Sissoco Embaló ku wa Gatandatu yari i Kinshasa aho yahuye na Perezida Félix Tshisekedi.

Perezida wa Guinea-Bissau unayoboye Umuryango wa CEDEAO, mu gihe kigera ku isaha we n’intumwa yari ayoboye baganiriye na Perezida Tshisekedi ibibazo by’umutekano muke mu burasirazuba bwa Congo.

Umaro Sissoco Embaló ni undi Perezida ushaka guhuza u Rwanda na Congo, urugendo rwe rukurikiye urwa Perezida wa Angola, Joao Lourenço, na we muri iki cyumweru wageze mu Rwanda ndetse akajya no muri Congo mu rwego rwo gushakisha ibisubizo by’umubano utameze neza hagati y’ibi bihugu.

Perezida Kagame na Umaro Sissoco Embaló baganiriye ku mubano w’ibihugu byombi, n’ibibazo by’umutekano w’akarere
Umaro Sissoco Embaló ku wa Gatandatu yari i Kinshasa aho yahuye na Perezida Félix Tshisekedi
Perezida Félix Tshisekedi aganira n’intumwa zari kumwe na Perezida Umaro Sissoco Embaló

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Uganda: Bane bafunzwe bazira kwiyitirira umukobwa wa Museveni

Polisi ya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi abantu bane bakekwaho kwiyitirira…

Byemejwe ko ingabo za Afurika y’Epfo zose zari muri Congo muri MONUSCO zigiye gutaha

Ubuyobozi bw’Ingabo ziri mu Butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira…

Umwe mu bayobozi bakuru ba MONUSCO yageze i Kishasa

Umunyamabanga mukuru wungirije wa ONU ushinzwe ibikorwa by’ingabo zo kubungabunga amahoro muri…

U Bufaransa; Urubanza rw’impanga zikekwaho ubwicanyi rwabaye ingorabahizi

Impanga zisa ndetse zihuje n'ibimenyetso ndangasano (DNA) zirakekwaho ubwicanyi bwakorewe abantu babiri…

AFC/M23 yashinje Komisiyo ya AU gushyigikira abagizi ba nabi

Ihuriro AFC/M23 ryashinje Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gushyigikira ubugizi bwa…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Leta ya DRC yemeje ko igiye gutanga umukandida muri OIF 

2 Min Read
Politike

Uwera Jean Maurice yashimiye Perezida Kagame ku cyizere yamugiriye

2 Min Read
Politike

Uganda: Umudepite wa NUP ya Bobi Wine yatawe muri yombi

2 Min Read
Politike

Perezida Mamadi Doumbouya yarahiye mu muhango witabiriwe na Perezida Kagame

4 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?