BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Dec 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Jürgen Klopp yababajwe n’imyitwarire ya Darwin Nuñez

Jürgen Klopp yababajwe n’imyitwarire ya Darwin Nuñez

admin
Last updated: August 16, 2022 5:50 pm
admin
Share
SHARE

Umutoza wa Liverpool FC ahamya ko ikarita y’umutuku yeretswe rutahizamu Darwin Nuñez yari ayikwiye ndetse yababajwe n’imyitwarire y’uyu mukinnyi.

Jürgen Klopp ntabwo yishimiye uko Darwin Nuñez akomeje kwitwara

Mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki 15 Kanama 2022, ikipe ya Liverpool yakinaga umukino wa yo wa Kabiri wa shampiyona ubwo yanganyaga na Crystal Palace igitego 1-1.

Uretse kuba iyi kipe yatakaje umukino wa Kabiri nyuma yo kunganya na Fulham 2-2 mu mukino wa mbere wa shampiyona, rutahizamu wayo, Darwin Nuñez ntabwo yasoje umukino kuko ku munota wa 56 yeretswe ikarita itukura nyuma yo gukinira mugenzi we nabi.

Umutoza mukuru wa Liverpool, Jürgen Klopp, mu kiganiro n’abanyamakuru abajijwe icyo avuga kuri iyi karita, yasubije ko yababajwe n’imyitwarire mibi y’uyu rutahizamu we.

Ati “Nibyo rwose ni ikarita itukura. We [Nuñez] ararakara cyane. Ariko si gutya akwiye kwitwara.”

Ikipe ya Liverpool FC ifite amanota abiri mu mikino ibiri, mu gihe iyo basanzwe bahanganira igikombe cya shampiyona [Manchester City] ifite amanota atandatu nyuma yo gutsinda imikino ibiri.

Umukino wa Gatatu iyi kipe izakina na Manchester United yatsinzwe imikino yayo ibiri ibanza.

Ku mukino wa Fulham yatsindiye ikipe ye igitego

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

2 Min Read
Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?