BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, May 22, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Joseph Kabila wabaye perezida wa DRC yahamagajwe na Sena  i Kinshasa

Joseph Kabila wabaye perezida wa DRC yahamagajwe na Sena  i Kinshasa

sam
Last updated: May 20, 2025 8:27 am
sam
Share
SHARE

Kuri uyu wa 20 Gicurasi Joseph Kabila Kabange ategerejwe kwitaba komisiyo ya Sena ishinzwe gusuzuma niba bishoboka ko akurwaho ubudahangarwa .

Nyuma y’uko ku wa 15 Gicurasi 2025, Sena inaniwe kumvikana niba bakwiye kwambura Kabila ubudahangarwa, bashingiye ku kuba ari Senateri uhoraho yashyizeho komisiyo ibishinzwe  inahabwa amasaha 72 yo kuba yatanze igisubizo.

Mu ibaruwa perezida wa sena Jean-Michel Sama Lukonde yandikiye uwahoze ari perezida wa DRC akaba umusenateri w’ibihe byose Joseph Kabila amusaba kuza gutega amatwi ibyo ashinjwa mu nteko y’ikomisiyo igizwe n’abantu 40 .

Kabila  arashinjwa gushyigikira inyeshyamba za M23 zihanganye n’ubutegetsi  bwa Kinshasa. Bigendanye no kuba byaravuzwe ko yagiye mu mujyi wa Gomo zigenzura. Icyo gihe, Leta yatangaje ko iki ari ikindi kimenyetso gishimangira ko ari mu bayobozi b’iri huriro.

Bamwe mu bamushyigikiye ariko, ntibavuga rumwe ku byaha aregwa, na bo bashinja Perezida Tshisekedi kuba yarashakishije icyaha kugira ngo yemeze ubuyobozi bwe.

 

 

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Ubushinjacyaha bwasabiye Constant Mutamba gukurwaho ubudahangarwa kugira ngo atabwe muri yombi

Ubushinjacyaha bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabye Inteko Ishinga Amategeko kwambura…

Uganda: inkiko za gisirikare zigiye kujya ziburanisha abasivile

Inteko Ishinga Amategeko muri Uganda yatoye itegeko riha ububasha inkiko za gisirikare…

Umugore wa Joe Biden agiye kujyanwa mu nkiko kubera kutita ku mugabo we

Jill Biden umugore w’uwahoze ari perezida wa leta  zunze ubumwe za Amerika…

Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’intebe wa DRC yakatiwe imirimo y’agahato kubera ruswa

Urukiko rushinzwe kurengera Itegeko Nshinga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye…

Umugore wibarutse akigera mu Rwanda avuye mu menyo ya FDLR, yahawe ibikoresho

Muhawenimana Ntagisanimana w’imyaka 24, ni umwe mu banyarwanda 1,165 bari barafashwe bugwate…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Igisirikare cya Sudani kivuga ko cyirukanye burundu umutwe wa RSF muri leta ya Khartoum

2 Min Read
Mu mahanga

Perezida Ndayishimiye yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru Lt.Gen.Gervais Ndirakobuca

1 Min Read
Mu mahanga

CENCO yanenze leta ya Kinshasa gufunga bank n’ibibuga by’indege mu bice AFC/M23 igenzura

1 Min Read
Mu mahanga

Ibikorwa byo gucyura abasirikare n’abapolisi ba RDC 1359 bahungiye kuri MONUSCO byarangiye

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?