BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Dec 8, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Ituri : Abasaga 10 000 bifuza gusubira mu byabo bagakumirwa n’ibyihebe bya ADF

Ituri : Abasaga 10 000 bifuza gusubira mu byabo bagakumirwa n’ibyihebe bya ADF

sam
Last updated: August 11, 2025 9:36 am
sam
Share
SHARE

Impuzi zisaga ibhumbi 10 (10 000) zataye ingo zabo mu burasirazuba bwa Kongo zikomeje kwifuza gutaha.Ariko zikabangamirwa n’ibitero by’ubuje ubukana bya ADF .

Impunzi zivugwa zahunze mu bice bya Walese Vonkutu na Banyali Tchabi, à Komanda, mu ntara ya Ituri. Impunzi nk’izi ziherereye muri site ya Kobonge na Baiti , aho bacumbikiwe n’abavandimwe bari basanzwe batuye muri ibyo bice.

Kugeza ubu biravugwa ko ingabo za MONUSCO zamaze gusaba izi mpunzi gusubira mu ngo zabo nyuma yo kubasura mu mpera z’iki cyumweru tariki ya 8/8/2025. N’ubwo nyine ADF ikomeje kwitambika.

Ubufasha bwa nyuma izi mpunzi ziheruka bwatanzwe ku itariki ya 30 Gicurasi 2025. Kuva ubwo, babayeho basabiriza bijyanye no gukora imirimo iciriritse. Bamwe bavuga ko bakorerwa ihohoterwa ritesha agaciro, abandi bakavuga ko hari abagore basambanywa ku ngufu mu mirima.

Bati”Tubayeho nk’abibagiranye. Abagore bacu bahura n’ingaruka zo gufatwa ku ngufu iyo bagiye guhinga mu ishyamba. Twatakaje byose duhunga inyeshyamba. Kugeza ryari tuzakomeza kubaho gutya?”, niko umwe mu mpunzi yibaza.

Gusubira mu byabo biracyagoye, imidugudu yabo iracyugarijwe n’imitwe y’inyeshyamba ya ADF n’indi mitwe yitwaje intwaro yo mu karere. Abimuwe basaba inzego z’umutekano kugarura amahoro kugira ngo babashe kongera kubaho ubuzima busanzwe.(Radio Okapi)

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Abarwanyi ba M23 bageze mu bilometero 30 basatira umujyi wa Uvira 

Umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa Mbere tariki ya 8 Ukuboza, wigaruriye…

Twirwaneho yasobanuye icyayiteye guhanura kajugujugu y’abacanshuro

Umutwe witwaje intwaro wa Twirwaneho watangaje ko uherutse guhanura kajugujugu yari itwawe…

Musanze: Polisi yamennye litiro zisaga 1700 z’ibinyobwa bitujuje ubuziranenge

Mu bikorwa byo kurwanya ikora, ikwirikwiza n'ikoreshwa by'ibinyobwa bitemewe, Polisi ikorera mu…

Hongeye kwaduka imirwano hagati ya Thailand na Cambodia

Ingabo za Thailand zatangaje ko zatangiye kugaba ibitero byo mu kirere ku…

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Uganda igiye gukomorera Facebook nyuma y’imyaka 5 ifunzwe 

2 Min Read
Mu mahanga

Gisagara: Abantu batatu bafunzwe bakekwaho kwica umugabo bamukase ijosi

1 Min Read
Mu mahanga

Muyaya yise intambara yo mu Burasirazuba bwa RDC akantu gato ku gihugu

1 Min Read
Mu mahanga

Ethiopia: Ikirunga cyarutse nyuma y’imyaka ibihumbi 12 gisinziriye 

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?