BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Mar 3, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Israel iri mu rugamba rwo guhangana n’inkongi y’umuriro

Israel iri mu rugamba rwo guhangana n’inkongi y’umuriro

sam
Last updated: May 1, 2025 12:14 pm
sam
Share
SHARE

 Ibihugu bitandukanye birimo Ubutaliyani, Ubugereki, Chypre na Croatia byaje gutanga umusanzu wo kuzimya inkongi yibasiye Israel.

Ni inkongi yatangiye kuri uyu wa Gatatu, ihereye mu bice  bya Canada Park na Mevo Horon,iza guhemberwa  n’umuyaga mwinshi iwuganisha mu bindi bice bitandukanye.

Abantu bagera ku 119 bari mu itsinda ryaje kuzimya,  nibo bari gukorana n’abandi bose bashoboka kugira ngo bazimye iyi nkongi  bityo bakumire ko yakwangiza byinshi harimo no guhitana abantu.

Hifashishijwe indege zigera kuri 48, aho zakoreshejwe mu kumishagira amazi aho bishoboka hose ngo akumire ko ibirimi by’umuriro bigera henshi.

Ibice byibasiwe kurusha ibindi ni ibyo mu misozi ikikije Yeruzalemu y’ahitwa : Sha’ar Hagai, Mesilat Zion, Nataf, Yad Hashmona, Neveh Ilan, Ayalon Valley,  Latrun, Neveh Shalom, Burma Road, Eshtaol Forest, Beit Meir na Shoreshi.

Gusa ni umuhati utabura ingaruka kuko ikigo cya Israel gishinzwe ubutabazi kivuga ko abatabazi 17 bazimya inkongi bamaze kuyikomerekeramo, bakiyongera ku basivili 12 nabo bahuye n’icyo kibazo ahitwa Sha’ar Hagai.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwageneye ubutumwa DRC yishimiye ibihano America yafatiye RDF

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo avuga ko ibihano bibogamye bifatirwa…

U Rwanda rwiteguye guhangana n’ingaruka z’intambara y’Amerika na Iran

Minisitiri w'Imari n'Ingenamigambi, Murangwa Yusuf, yatangaje ko hari ingamba Leta y'u Rwanda…

RED-Tabara yanyomoje Muyaya wavuze ko u Rwanda ari rwo rwayijyanye mu misozi miremire

Umutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi, wanyomoje Minisitiri Patrick Muyaya wa…

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

Ingabo z’u Rwanda (Rwanbatt-1) ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani…

Walikale: AFC/M23 yisubije Buhimba

Abarwanyi b’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bisubije…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

AFC/M23 yongeye kugaragaza ubugome ndenga kamere bwa FARDC

2 Min Read
Mu mahanga

Burusiya na Ukraine byahererekanyije imibiri y’abasirikare baguye ku rugamba

2 Min Read
Mu mahanga

Andi makuru mashya ku rupfu RWA Lt.Col Willy Ngoma 

1 Min Read
Mu mahanga

MASISI: FARDC irigamba kwisubiza Mahanga

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?