BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Nov 12, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > “Isabukuru nziza Jeannette!”, Perezida Kagame byamukoze ku mutima

“Isabukuru nziza Jeannette!”, Perezida Kagame byamukoze ku mutima

admin
Last updated: August 10, 2022 5:45 pm
admin
Share
SHARE

Kuri uyu wa Gatatu, Mme Jeannette Kagame yagize isabukuru y’imyaka 60, Perezida Paul Kagame yagaragaje ko ari ibyishimiye, ndetse amusabira kuramba ikindi gihe kirekire bari kumwe.

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko yishimiye isabukuru y’imyaka 60 Mme Jeannette Kagame yujuje none

Mu butumwa bwo kwifuriza isabukuru Mme Jeannette Kagame, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yanditse agira ati “Isabukuru nziza Jeannette!”

Yakomeje agira ati “Imyaka 60 yumvakana nkaho ari mike. Tekereza ko 30 irenga ishize turi kumwe – Ni igihe buri muryango, n’igihugu twasubije amaso inyuma tukareba ibyagezweho.

 Buri gihe twibaze ibindi byiza cyangwa byiza kurushaho. Umugisha kuri twese.”

Ubu butumwa bwiza bwageze kandi ku mutima wa Mme Jeannette Kagame, na we arasubiza.

Ati “Warakoze kuba tumaze imyaka 33 tubana, byatumye nizihiza isabukuru y’imyaka 60 y’agaciro mu kubaho!”

Yakomeje ati “Nari kuba nifuza umuryango mwiza, igihugu cyiza, none dufite abukururu beza babiri! Igihe cyose ndagushimira.”

Kimwe n’abandi Banyarwanda benshi bagize icyo bavuga, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Hon Gatabazi Jean Marie Vianney na we yavuze ko anejejwe no kukwifuriza Isabukuru nziza y’amavuko Mme Jeannette Kagame.

Ati “Kandi dukomeza gusaba Imana ngo ibongerere imbaraga, ibahe umugisha muzabone abuzukuru, abuzukuruza n’ubuvivi. Turabashimira urukundo, ubumuntu, impuhwe bibaranga mu bikorwa byo gufasha Abanyarwanda.”

Mme Jeannette Kagame yavutse tariki 10, Kanama 1962. Yashyingiranywe na Perezida Paul Kagame mu mwaka wa 1989.

Mme Jeannette Kagame yagaragaje ko mu byo yishimira harimo kuba umuryango we wujukuruje
Abuzukuru ba Perezida Paul Kagame, umukuru ateruye umuto

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Donald Trump yoherereje ibaruwa perezida wa Isiraheli amusaba kubabarira byimazeyo Benjamin Netanyahu 

Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika yagaragaje ko igihe kigeze ngo…

Imirwano yasakiranyike M23 na FARDC n’abo bafatanyije muri Masisi yafatiwemo uduce

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 12 Ugushyingo 2025, imirwano ikaze yadutse…

Umugore n’umuhungu b’uwabaye Perezida wa Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20

Urukiko rwihariye rw’ibyaha bikomeye muri Gabon, rwahamije Sylvia Bongo Ondimba, umugore wa…

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, yakiriwe na Perezida wa Angola,…

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

Ikipe ya Rayon Sports yashyizwe ku rutonde rw’amakipe atemerewe kwandikisha abakinnyi muri…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Amb Col (Rtd) Ndamage yashyikirije Umwami wa Eswatini impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri iki gihugu.

1 Min Read
Politike

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

3 Min Read
Politike

Perezida Ndayishimiye yikanze coup d’Etat asubika urugendo rw’i Paris igitaraganya 

2 Min Read
Politike

Gen Muhoozi yifurije Perezida Kagame isabukuru nziza

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?