BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jul 17, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Inzara iratema amara muri AS Kigali y’abagore

Inzara iratema amara muri AS Kigali y’abagore

admin
Last updated: October 6, 2022 8:32 am
admin
Share
SHARE

Abakinnyi n’abatoza ba AS Kigali Women Football Club, bararira ayo kwarika nyuma yo kuba bagiye kumara amezi atatu batazi umushahara uko usa.

AS Kigali WFC ikumbuye umushahara

Si kenshi amakipe aterwa inkunga na Leta yumvikanamo ikibazo cy’amikoro, cyane ko haba hari ingengo y’imari ihoraho.

Mu ikipe iterwa inkunga na AS Kigali WFC, bakumbuye umushahara nk’uko umubyeyi akumbura umwana we yibyariye.

Muri iyi kipe iterwa inkunga n’Umujyi wa Kigali, abakinnyi, abatoza ndetse n’abandi bakozi bamwe b’ikipe, bamaze amezi abiri badahembwa ndetse batangiye ukwa Gatatu.

Amezi bamaze badahembwa ni ukwa munani n’ukwa cyenda, ndetse ukwa cumi kwinjiyemo batazi uko umushahara usa.

UMUSEKE wifuje kuvugisha ubuyobozi bwa AS Kigali WFC kuri aya makuru avugwa mu ikipe, ariko umuyobozi wayo, Twizeyeyezu Marie Josée ntiyasubiza ubutumwa bugufi twamwandikiye.

Impamvu zo gutinda guhembwa muri iyi kipe, kwaturutse ku kuba Umujyi wa Kigali waranze kuyiha amafaranga kuko wasabye kubanza guhabwa raporo y’uko andi yajyanye muri CAF Women Champions League [CECAFA] yakoreshejwe.

Iyi kipe ikomeje kuvugwamo ibibazo by’amakimbirane ya hato na hato.

AS Kigali WFC igiye kumara amezi atatu idahembwa

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Santarafurika: Amb Kayumba yagiranye ibiganiro n’aba ofisiye ba RCS

Ambasaderi w’u Rwanda muri Santarafurika, Olivier Kayumba, yagiranye ibiganiro n’ Abakozi b’Urwego…

DRC: Igitero cy’abasirikare ba Kinshasa mu mirima ya Joseph Kabila cyamaganwe n’imiryango itari iya leta

Imiryango itari iya Leta muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahagurutse iri…

Agakoriro ka Gisozi kagiye kwimurirwa mu cyanya cy’inganda i Masoro

Umujyi wa Kigali watangaje ko ibikorwa by’ububaji n’ibindibyakoreraga mu Gakiriro ka Gisozi…

Min Olivier Nduhungirehe Nduhungirehe yaganiriye na mugenzi we waTurkmenistan  

Minisitiri w'ububanyi n'amahanga n'ubutwwrerane w'u Rwanda Olivier Nduhungirehe yagiranye ikiganiro kuri Telefone…

U Rwanda ruritegura kwakira inama ikomeye ya OIF

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rwatangiye…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

KNC yarezwe muri FERWAFA

1 Min Read
Imikino

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yazamutse ku rutonde rw’ukwezi rwa FIFA

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yatangaje ingengabihe y’amatora ya Komite Nyobozi

2 Min Read
Imikino

FIFA yateguye igikorwa cyo guha icyubahiro Diego Jota

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?