BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Nov 12, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Inyeshyamba za M23 zafashe umupaka wa Kitagoma, ingabo za Leta ngo zirutse

Inyeshyamba za M23 zafashe umupaka wa Kitagoma, ingabo za Leta ngo zirutse

admin
Last updated: October 28, 2022 10:36 pm
admin
Share
SHARE

Televiziyo yo muri Uganda yitwa Urban, ivuga ko inyeshyamba za M23 zafashe kariya gace ka Kitagoma  zitarwanye cyane kuko amasasu yavuze ingabo za Leta zirahunga.

Inyeshyamba zafashe umukapa wa Kitagoma bitazigoye

Emmanuel Ndakezi ushinzwe umupaka wa Kitagoma ku ruhande rwa Uganda, yavuze ko amasasu menshi yavugiye muri Congo yatumye abantu benshi bahunga bajya Uganda, gusa yavuze ko inyeshyamba zafashe uwo mupaka, abasirikare ba Congo, FARDC bahunze.

Yabwiye Urban TV ati “Inyeshyamba zarwanaga ariko nta musirikare wari uhari, kubera ko bose bari birutse, ariko inyeshyamba zarashe mu kigo cyabo.”

M23 yatangaje ko abaturage benshi baje kwakira abarwanyi bayo, mu masaha y’ikigoroba kuri uyu wa Gatanu, ndetse amafoto yafashwe yerekana abaturage benshi bari ahantu hamwe, bisa naho bavugana n’inyeshyamba.

Video yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga, igaragaza abarwanyi ba M23 baganira n’abaturage, ndetse basaba abahungiye muri Uganda kugaruka mu ngo zabo.

M23 yavuze ko irwanira gucyura ababyeyi babo bameneshejwe mu 1193 mu bice bitandukanye by’Uburasirazuba bwa Congo.

Indi mirwano yabereye mu nkengero z’ikigo cya gisirikare cya Rumangabo, mu masaha yo mu gitondo kuri uyu wa Gatanu.

DRC: Imirwano yabereye hafi y’ikigo cya gisirikare cya Rumangabo

Abaturage bari benshi baje kureba inyeshyamba za M23

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • Pingback: M23 yafashe ikigo cya gisirikare cya Rumangabo, Rutshuru Centre na Kiwanja (Video) – Umuseke

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Umugore n’umuhungu b’uwabaye Perezida wa Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20

Urukiko rwihariye rw’ibyaha bikomeye muri Gabon, rwahamije Sylvia Bongo Ondimba, umugore wa…

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, yakiriwe na Perezida wa Angola,…

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

Ikipe ya Rayon Sports yashyizwe ku rutonde rw’amakipe atemerewe kwandikisha abakinnyi muri…

Perezida Kagame yageze muri Guinée-Conakry

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Perezida Kagame yageze muri Guinea-…

U Rwanda rwakiriye abarwanyi ba FDLR 7 bari mu mashyamba ya RDC

Abarwanyi 7 b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ugizwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Uvira:Umusirikare WA FARDC yarashwe na bagenzi be ubwo yashakaga kwivugana umukuriye

1 Min Read
Mu mahanga

Colonel Fureko yakubiswe hafi gushirano umwuka

2 Min Read
Mu mahanga

Fizi: RDC n’u Burundi byashinjwe kohereza izindi ngabo zo ‘kumara Abanyamulenge

2 Min Read
Mu mahanga

Papa Leo XIV yakiriye Perezida Ramaphosa i Vatican mu gihe Afurika y’Epfo na Amerika bitavuga rumwe

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?