BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Dec 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Inyeshyamba za M23 zafashe umupaka wa Kitagoma, ingabo za Leta ngo zirutse

Inyeshyamba za M23 zafashe umupaka wa Kitagoma, ingabo za Leta ngo zirutse

admin
Last updated: October 28, 2022 10:36 pm
admin
Share
SHARE

Televiziyo yo muri Uganda yitwa Urban, ivuga ko inyeshyamba za M23 zafashe kariya gace ka Kitagoma  zitarwanye cyane kuko amasasu yavuze ingabo za Leta zirahunga.

Inyeshyamba zafashe umukapa wa Kitagoma bitazigoye

Emmanuel Ndakezi ushinzwe umupaka wa Kitagoma ku ruhande rwa Uganda, yavuze ko amasasu menshi yavugiye muri Congo yatumye abantu benshi bahunga bajya Uganda, gusa yavuze ko inyeshyamba zafashe uwo mupaka, abasirikare ba Congo, FARDC bahunze.

Yabwiye Urban TV ati “Inyeshyamba zarwanaga ariko nta musirikare wari uhari, kubera ko bose bari birutse, ariko inyeshyamba zarashe mu kigo cyabo.”

M23 yatangaje ko abaturage benshi baje kwakira abarwanyi bayo, mu masaha y’ikigoroba kuri uyu wa Gatanu, ndetse amafoto yafashwe yerekana abaturage benshi bari ahantu hamwe, bisa naho bavugana n’inyeshyamba.

Video yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga, igaragaza abarwanyi ba M23 baganira n’abaturage, ndetse basaba abahungiye muri Uganda kugaruka mu ngo zabo.

M23 yavuze ko irwanira gucyura ababyeyi babo bameneshejwe mu 1193 mu bice bitandukanye by’Uburasirazuba bwa Congo.

Indi mirwano yabereye mu nkengero z’ikigo cya gisirikare cya Rumangabo, mu masaha yo mu gitondo kuri uyu wa Gatanu.

DRC: Imirwano yabereye hafi y’ikigo cya gisirikare cya Rumangabo

Abaturage bari benshi baje kureba inyeshyamba za M23

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • Pingback: M23 yafashe ikigo cya gisirikare cya Rumangabo, Rutshuru Centre na Kiwanja (Video) – Umuseke

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Uganda igiye gukomorera Facebook nyuma y’imyaka 5 ifunzwe 

2 Min Read
Mu mahanga

Gisagara: Abantu batatu bafunzwe bakekwaho kwica umugabo bamukase ijosi

1 Min Read
Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
Politike

Tshisekedi yemeye guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?