BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Jul 29, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Umutekano > Inyeshyamba za AFC / M23 zikomeje kwigarurira aduce muri teritwari ya Masisi, mu majyaruguru ya Kivu.

Inyeshyamba za AFC / M23 zikomeje kwigarurira aduce muri teritwari ya Masisi, mu majyaruguru ya Kivu.

sam
Last updated: July 29, 2025 8:42 am
sam
Share
SHARE

Abarwanyi b’umutwe wa M23 bigaruriye uduce dukomeye twa Ngululu na Ndete, muri Nyamaboko ya mbere, nyuma y’imirwano yabahuje na Wazalendo basanzwe bafasha leta Kurwanya uyu mutwe .

Iyi midugudu yombi yigaruriwe ku mugoroba wo ku wa mbere, 28 Nyakanga, nyuma y’imirwano ikaze.

Amakuru aturuka muri ako gace avuga ko inyeshyamba zateye ibirindiro bya Wazalendo muri iyi midugudu yombi, nyuma yuko AFC / M23 ifashe Mulema mu cyumweru gishize.

Abatuye muri iyo midugudu yombi bari bamaze guta amazu yabo mbere yuko inyeshyamba zihagera.

Amakuru avuga ko bamwe mu bazalendo bahunze berekeza mu itsinda rya Waloa Yungu, mu gace ka Walikale, abandi bahungira mu bihuru.

Iyi mirwano ikomeje kuba nyuma y’uko hasinywe Itangazo ry’amahame i Doha, muri Qatar, hagati y’inyeshyamba za AFC / M23 na guverinoma ya Kongo igamije guhagarika intambara iri mu burasirazuba bwa DRC.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Gasabo: Polisi yafashe abateka bakanagurisha kanyanga abaturage

Polisi ikorera mu Murenge wa Ndera n'uwa Rusororo ndetse n'uwa Gikomero yo…

Leta y’u Bushinwa igiye kujya iha ababyeyi 500 $ ku mwana mu rwego rwo kuzamura imbyaro

Ababyeyi mu Bushinwa bagiye kujya bahabwa 3,600 yuan (ni 500$ cyangwa arenga…

Minisiteri ya Siporo yateye utwatsi ibinyoma by’uko yahagaritse amatora ya FERWAFA

Minisiteri ya Siporo yatangaje ko itigeze ihagarika amatora ya Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira…

RDF yashimiye abasirikare batangiye ikiruhuko cy’izabukuru

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwasezeye ku basirikare bageze ku myaka y’ikiruhuko…

Inyeshyamba za AFC / M23 zikomeje kwigarurira aduce muri teritwari ya Masisi, mu majyaruguru ya Kivu.

Abarwanyi b'umutwe wa M23 bigaruriye uduce dukomeye twa Ngululu na Ndete, muri…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Umutekano

AFC/M23 yamaganye ubwicanyi bwakorewe abasivile bo muri Ituri

2 Min Read
Umutekano

Masisi: AFC/M23 yafashe akandi gace nyuma yo kugabwaho igitero na Wazalendo

2 Min Read
Umutekano

M23 na Wazalendo byongeye gukozanyaho

2 Min Read
Umutekano

Abapolisi 178 basoje amahugurwa ku kurinda ituze no guhangana n’ibihungabanya umutekano mu mijyi

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?