BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Nov 14, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Ingabo z’u Burundi zishe abarwanyi 40 bavuga Ikinyarwanda

Ingabo z’u Burundi zishe abarwanyi 40 bavuga Ikinyarwanda

admin
Last updated: October 15, 2022 11:30 am
admin
Share
SHARE

Nibura abarwanyi 42 bavuga Ikinyarwanda, bo mu mitwe yitwaje intwaro biciwe mu mirwano imaze igihe ishyamiranyije ingabo z’u Burundi na bo mu ishyamba ry’Ikibira.

Ingabo z’u Burundi zimaze iminsi zihanganye n’inyeshyamba mu ishyamba rya Kibira

Izi nyeshyamba zimaze igihe ziba muri iryo shyamba riherereye muri Komine za Mabayi na Bukinanyana mu Ntara ya Cibitoke.

Urubuga SOS Médias Burundi ruvuga ko imirwano yarushijeho gukara mu byumweru bitatu bishize.

Umuyobozi w’Intara ya Cibitoke, Carême Bizoza yemeje aya makuru, ariko ntiyigeze avuga iby’imyirondoro y’abo bantu.

SOS Médias Burundi yasubiyemo amagambo y’umwe mu bakora mu nzego z’umutekano wayihaye amakuru, avuga ko nibura inyeshyamba z’Abanyarwanda 42 biciwe mu mirwano naho abanda barenga 30 barakomereka, kandi bafashwe ari bazima.

Ati “Twatakaje abasirikare bagera ku 10 mu ngabo z’u Burundi, abandi 11 barakomereka, bari kwitabwaho ntabwo ubuzima bwabo buri mu kaga.”

Kuva ibyo bikorwa bya gisirikare bigambiriye guhashya inyeshyamba z’umutwe wa FLN bitangiye tariki 26 z’ukwezi kwa cyenda 2022, ngo hafashwe intwaro nini n’intoya.

Hari hashize iminsi Radio imwe mu zikorera i Burundi itangaje ko hari umusirikare wa kiriya gihugu wiciwe mu gico cy’inyeshyamba zivuga Ikinyarwanda.

ISOOKO: SOS Médias Burundi

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe Ku wa 12

Ku wa 12Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye…

Hatahuwe abakekwaho kuyogoza sitasiyo za Lisansi hanatangazwa ayo bari bamaze kwiba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho…

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w'abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Umugore n’umuhungu b’uwabaye Perezida wa Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20

3 Min Read
Politike

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

1 Min Read
Mu mahanga

Uvira:Umusirikare WA FARDC yarashwe na bagenzi be ubwo yashakaga kwivugana umukuriye

1 Min Read
Mu mahanga

Colonel Fureko yakubiswe hafi gushirano umwuka

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?