BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Jun 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru Nyamukuru > Ingabo za SADC zari muri DRC zigiye gutaha

Ingabo za SADC zari muri DRC zigiye gutaha

sam
Last updated: June 12, 2025 5:40 am
sam
Share
SHARE

Ingabo za Afurika y’epfo zari mu butumwa bwa SAMIDRC , zimaze igihe zigotewe na M23 mu mujyi wa Goma  zigiye gutaha ziciye mu Rwanda zikomereze muri Tanzania.

Ni nyuma y’igihe Izi ngabo zari zimaze zitunda ibikoresho byazo zibivana muri Repuburika iharanira Demokarasi ya Congo aho zatsindiwe.

Itangazo ryasohowe n’igisirikare cya Afurika y’Epfo ku wa 11 Kamena 2025 rigaragaza ko abasirikare bari baragiye mu butumwa bw’Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo zizagera ku kibuga cy’indege cya Air Force Base Bloemfontein mu mujyi wa Bloemfontein kuwa Gatanu, tariki ya 13 Kamena 2025

Iri tangazo ntirivuga umubare w’abasirikare bazataha muri Afurika y’Epfo, gusa mu bihe bishize abapfiriye ku rugamba barenga 10 batumye igihugu cyose cyamagana ibyo kuba baragiye mu ntambara muri RDC, bashinja Perezida Ramaphosa gukoresha igisirikare aharanira inyungu ze bwite.

Biteganyijwe aba basirikare bazaba bageze ku kibuga cy’indege Saa Sita zuzuye z’amanywa.

Biteganyijwe ko ibikoresho by’ingabo za Afurika y’Epfo byo bizanyuzwa mu nzira y’inyanja bikazagera mu gihugu nyuma.

 

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

RDC: Abantu 32 baguye mu mpanuka y’ubwato

Abantu babarirwa muri 32 baguye mu mpanuka y’ubwato bubiri bwari butwaye abagenzi…

Amajyaruguru: Abakora n’abacuruza inzoga z’inkorano bahagurukiwe

Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Mugabowagahunde Maurice yatangaje ko iyo ntara n’iy’Iburengerazuba zigiye guca…

Israel yivuganye abasirikare  bakuru ba Iran mu gitero simusiga yabagabyeho

Kuri uyu wa Gatanu mu masaha y'urukerera, Israel yagabye igitero gikomeye kuri…

Umwongereza ukomoka mu Buhinde niwe  niwe mugenzi wenyine  warokotse impanuka y’ indege ya AirIndia

Umugabo w'Umwongereza ukomoka mu Buhinde yagenze n'amaguru ava mu bisigazwa by'indege ya…

Abanyakenya bari mu myigaragambyo isaba Umuyobozi wungirije wa Polisi kwegura

Abanyakenya barakajwe n’urupfu rw’umusore witwa Albert Ojwang wapfiriye muri kasho, bari mu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Inkuru Nyamukuru

U Rwanda rwanenze ibihugu by’amahanga bikomeje kuvangira inzira y’amaho rukomeje na DRC

2 Min Read
Inkuru Nyamukuru

U Rwanda rwakiriye inkura zera 70 zavanywe muri Afurika y’Epfo.

2 Min Read
Inkuru Nyamukuru

U Rwanda rugiye kubaka urugomero ruzatanga amashanyarazi mu Rwanda, u Burundi na DRC

1 Min Read
Inkuru Nyamukuru

U Rwanda ana Algeria byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu nzego zitandukanye

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?