BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Mar 5, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Indi myigaragambyo yamagana MONUSCO, bari bafite amasanduku arimo abishwe (Video)

Indi myigaragambyo yamagana MONUSCO, bari bafite amasanduku arimo abishwe (Video)

admin
Last updated: July 30, 2022 6:31 am
admin
Share
SHARE

Mu Mujyi wa Butembo, abaturage bongeye kwigaragambya bafite amasanduku arimo imirambo y’abantu baheruka kugwa mu myigaragambyo.

Abigaragambya bari bafite amasanduku arimo imirambo y’abantu bishwe mu myigaragambyo iheruka

Polisi ya Congo n’abasirikare biravugwa ko barashe urufaya mu gutatanya abigaragambya, ndetse babambura amasanduku bari bafite.

Imyigaragambyo yabereye mu Rond-point VGH, mu mujyi wa Butembo.

Biravuga ko mu bigaragambya hapfuye abantu babiri bafashwe n’ariya masasu nk’uko umwe mu Banyamakuru bo muri Congo, Kabumba Justin abivuga.

Perezida Felix Tshisekedi, yohereje itsinda ry’abantu i Goma kugira ngo barebe uko ibintu bihagaze nyuma y’imyigaragambyo ikomeye yabaye mu ntangiriro z’iki Cyumweru.

Byageze mu gicuku Polisi n’abasirikare ba Congo bakoresha ingufu mu gushiragiza abigaragambya

Sosiyete sivile muri Kivu ya Ruguru ivuga ko imyigaragambyo yo kwamagana ingabo za UN, MONUSCO imaze kugwamo abantu 27 b’abasivile, ndetse yakomerekeyemo abagera kuri 58.

Itangazo rya sosiyete sivile rishinja MONUSCO gukora nk’inyeshyamba, mu kurasa ku baturage.

Mu myigaragambyo yok u wa Gatanu, abaturage bo mu Mujyi wa Butembo, bari bafite amasanduku arimo imirambo 9 y’abantu bishwe ku wa Kabiri ubwo bigaragambyaga bamagana MONUSCO.

Bariya bantu barashyigingurwa kuri uyu wa Gatandatu, kandi n’ubundi abaturage bavuze ko bitabira uwo muhango ari benshi.

Butembo : D'un deuil en altercation nocturne. Vers 3h30, la Pnc a récupéré par force les dépouilles des victimes des manif anti Monusco. La veillée mortuaire a été dispersé au rond point Vgh. Des blessés et morts de nouveau enregistrés sur le champ. Vidéo pic.twitter.com/G6qIKi4EYA

— Ivan Eliel M. KANIKI (@KanikiEliel) July 30, 2022

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Abatishimiye urwego rwa Mituweli bashyizwemo bahumurijwe

Urwego rw’Igihugu rw’Ubwiteganyirize (RSSB) rurahumuriza abavuga ko bisanze mu rwego rwo kwishyura…

Abagororwa 1874 bemerewe gufungurwa by’agateganyo.  

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu tariki 04 Werurwe 2026, iyobowe…

Kigali: Umugabo ucuruza urumogi yafatanywe udupfunyika 1000 twarwo

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU), rikorera mu Mujyi wa Kigali,…

Ishyingurwa rya Khamenei ryasubitswe

Amakuru atangazwa n’itangazamakuru rya leta muri Iran aravuga ko umuhango wo gushyingura…

Abanyarwanda bari mu bihugu byugarijwe n’ibitero bya Iran baburiwe

Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) yatangaje ko Abanyarwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

2 Min Read
Mu mahanga

AFC/M23 yongeye kugaragaza ubugome ndenga kamere bwa FARDC

2 Min Read
Mu mahanga

Burusiya na Ukraine byahererekanyije imibiri y’abasirikare baguye ku rugamba

2 Min Read
Mu mahanga

Andi makuru mashya ku rupfu RWA Lt.Col Willy Ngoma 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?