BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Nov 12, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Indege ya RwandAir yataye inzira y’ikibuga

Indege ya RwandAir yataye inzira y’ikibuga

admin
Last updated: October 22, 2022 11:48 am
admin
Share
SHARE

Ubuyobozi bwa sosiyete y’indege ya RwandAir bwatangaje ko indege yavaga i Kigali yerekeza i Kamembe, kuri uyu wa Gatandatu yagize akabazo, gusa ko abagenzi bose bameze neza.

Indege ya RwandAir bigaragara ko yarenze inzira y’ikibuga cy’indege

Kuri twitter RwandAir yagize iti “Indege ya RwandAir yakoze urugendo WB601 yerekezaga i Kamembe muri iki gitondo yagize akabazo gato irimo kugwa.”

Yakomje igira iti “Abagenzi bose bameze neza.”

Sosiyete ya RwandAir yatangaje ko kubera ako kabazo, hashobora kuba impinduka ku ngengabihe y’indege, isaba abantu kwihanganira impinduka zaba.

Ntabwo yavuze ikibazo cyabayeho, ariko ifoto yafashwe igakwira ku mbuga nkoranyambaga igaragaza ko indege yataye umuhanda w’ikibuga ihagarara hirya gato yacyo.

Impanuka nk’iyi ni iya kabiri ku ndege ya RwandAir, nyuma yaho muri Mata uyu mwaka ku kibuga k’indege cya ENTEBBEE muri Uganda, indege yaguye n’ubundi hirya y’inzira y’ikibuga kubera ikirere kibi.

Icyo gihe ubuyobozi bwa sosiyete ya RwandAir kuri Twitter batangaje ko iyi ndenge yahuye n’ikibazo k’ikirere igakora impanuka, ariko ko nta muntu n’umwe wakomerekeyemo.

TUYISHIMIRE Raymond /UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Donald Trump yoherereje ibaruwa perezida wa Isiraheli amusaba kubabarira byimazeyo Benjamin Netanyahu 

Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika yagaragaje ko igihe kigeze ngo…

Imirwano yasakiranyike M23 na FARDC n’abo bafatanyije muri Masisi yafatiwemo uduce

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 12 Ugushyingo 2025, imirwano ikaze yadutse…

Umugore n’umuhungu b’uwabaye Perezida wa Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20

Urukiko rwihariye rw’ibyaha bikomeye muri Gabon, rwahamije Sylvia Bongo Ondimba, umugore wa…

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, yakiriwe na Perezida wa Angola,…

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

Ikipe ya Rayon Sports yashyizwe ku rutonde rw’amakipe atemerewe kwandikisha abakinnyi muri…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Amb Col (Rtd) Ndamage yashyikirije Umwami wa Eswatini impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri iki gihugu.

1 Min Read
Politike

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

3 Min Read
Politike

Perezida Ndayishimiye yikanze coup d’Etat asubika urugendo rw’i Paris igitaraganya 

2 Min Read
Politike

Gen Muhoozi yifurije Perezida Kagame isabukuru nziza

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?