BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Feb 22, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Amerika > Indege 50 za Amerika zerekeje mu Burasirazuba bwo Hagati hakekwa intambara ikomeye

Indege 50 za Amerika zerekeje mu Burasirazuba bwo Hagati hakekwa intambara ikomeye

admin
Last updated: February 22, 2026 7:15 pm
admin
Share
SHARE

Indege 53 zirimo iz’intambara zagaragaye mu kirere kigana mu Burasirazuba bwo Hagati ziciye mu Burayi mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gututumba hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran.

Mu gihe cy’amasaha 24 yo ku tariki 20 Gashyantare 2026 indege nyinshi zavuye muri Amerika zerekeza mu Burasirazuba bwo Hagati.

Igaragaza ko yafashe amafoto y’izo ndege zacaga mu Burayi ndetse zimwe zahagararaga ku birindiro by’Ingabo za Amerika mu Bwongereza RAF Lakenheath kugira ngo zongerwemo amavuta ndetse zinafate karuhuko bitewe n’urugendo rurerure.
Ni indege ziri mu ngeri zinyuranye harimo 31 zo mu bwoko bwa C-17 Globemaster III. Izo ni indege nini za gisirikare zitwara abantu n’ibikoresho ndetse bishoboka ko izo zerekeje mu Burasirazuba bwo Hagati bishoboka ko zari zirimo abasirikare n’ibikoresho byabo.
Izindi ndege Amerika yohereje mu Burasirazuba bwo Hagati ku itariki 20 Gashyantare 2026 ni zirindwi zo mu bwoko bwa C-5 Galaxy zizwiho gutwara ibintu biremereye ndetse n’izindi ndege icyenda zo mu bwoko bwa KC-135 Stratotanker zongerera izindi amavuta mu gihe ziri mu kirere mu ngendo ndende.
Hari kandi indege eshashatu z’intambara zitwa F-22 Raptor fighter jets zavuye muri Amerika zica ku birindiro by’igisirikare cya Amerika bya RAF Lakenheath mbere yo gukomereza mu Burasirazuba bwo Hagati.

Mu mafoto yagaragaye ku itariki 20 Gashyantare harimo iy’ubwato rutura bwa USS Gerald R Ford, buzwiho kuba ari bumwe mu binini mu burwanira mu mazi ku Isi, bwagaragaye buva mu Nyanja ya Atlantique bugana mu Nyanja ya Méditerranée hafi yo mu Burasirazuba bwo Hagati.
Ni imyigaragambyo yatangiye mu Ukuboza 2025, abaturage binubira ikiguzi gihanitse cy’ubuzima cyatewe no gutakaza agaciro gukabije k’ifaranga ryaho nyuma iraguka ihinduka iyo basaba ko ubutegetsi buhinduka.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Itamar Einhorn ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

Agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026 kegukanywe n’Umunya-Israel witwa Itamar…

Tour du Rwanda: Impanuka ikomeye yahitanye abantu babiri abandi batandatu barakomereka

Irushanwa mpuzamahanga ry’amagare rya Tour du Rwanda 2026 ryatangiye kuri iki Cyumweru,…

Indege 50 za Amerika zerekeje mu Burasirazuba bwo Hagati hakekwa intambara ikomeye

Indege 53 zirimo iz’intambara zagaragaye mu kirere kigana mu Burasirazuba bwo Hagati…

Zimbabwe: Abaturage batangiye gukingirwa umuti urinda SIDA

Igihugu cya Zimbabwe cyatangiye gukingira abaturage umuti wa Lenacapavir ubarinda kwandura agakoko…

Minisiteri y’ikoranabuhanga n’Itumanaho yahakanye ibya ‘Monetisation’

Babinyujije kuri X Minisiteri y'ikoranabuhanga n'Itumanaho na Inovasiyo yanditse iti"Amakuru y'ibihuha". Ku…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Amerika

Taiwan yabaye ikibazo gikomeye mu biganiro bya Xi na Trump

2 Min Read
Amerika

Iran yavuze akaga gashobora kwaduka ku Isi mu gihe America yashyira mu bikorwa umugambi iyifiteho

2 Min Read
Amerika

Donald Trump akomeje guterwa imijugujugu n’abanyabigwi mu mupira w’amagaru ku Isi

2 Min Read
Amerika

NASA yagaruye ku Isi igitaraganya abashakashatsi bayo kubera umwe warwaye

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?