BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Mar 9, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Impunzi z’Abarundi zigera ku 100,000 ziri kwirukanwa mu gihugu cya Tanzania

Impunzi z’Abarundi zigera ku 100,000 ziri kwirukanwa mu gihugu cya Tanzania

admin
Last updated: March 8, 2026 12:11 pm
admin
Share
SHARE

Imbunzi z’Abarundi zari zimaze igihe mu gihugu cya Tanzania zigiye gusubizwa mu gihugu cyabo mu gihe imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu niyishinzwe abimukira ivuga ko barimo koherezwa ku gahato.

Amakuru yatangajwe n’ibinyamakuru byo muri Tanzania avuga ko impunzi z’Abarundi zigera ku 100,000 zigiye kuzoherezwa mu gihugu cyabo bitarenze ukwezi kwa Kamena uyu mwaka, hakurikijwe amasezerano yasinwe hagati y’igihugu cya Tanzania n’u Burundi.

Nk’uko imibare y’Umuryango w’Abibumbye Ushinzwe Impunzi UNHCR, ubivuga mu mpera z’umwaka wa 2025, impunzi z’Abarundi zirenga 142,000 zari mu nkambi ya Nduta ndetse na Nyarugusu mu gihugu cya Tanzania mbere yo gutangira koherezwa mu gihugu cyabo.

Uretse impunzi z’Abarundi, kandi hari n’iz’abaturage ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basaga 87,000 nabo byatangajwe ko mu kwezi Kwa Kamena bagomba kuba batakibarizwa mu gihugu cya Tanzania.

Kugeza ubu, ntacyo Leta ya Tanzania iratangaza cyerekeye ibyo ishinjwa byo kwirukana izo mpunzi ku gahato cyangwa ikiri inyuma yo kuzikura muri icyo gihugu.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Iran yabonye Umuyobozi w’Ikirenga mushya nyuma y’icyumweru America na Israel bishe uwari umazeho igihe

Iran yatangaje Umuyobozi w’Ikirenga wayo mushya, ari we Mojtaba Khamenei, akaba umuhungu…

Meteo Rwanda yateguje imvura ishobora guteza ibiza muri Werurwe

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko muri Werurwe 2026 hateganyijwe imvura…

Impunzi z’Abarundi zigera ku 100,000 ziri kwirukanwa mu gihugu cya Tanzania

Imbunzi z'Abarundi zari zimaze igihe mu gihugu cya Tanzania zigiye gusubizwa mu…

Trump yateguje ibitero bikaze kuri Iran

Perezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko Iran ishobora kugabwaho ibitero bikomeye…

Mu saha 100 intambara yo muri Iran yatwaye miliyali $3.7

Ni ukuvuga ko buri munsi nibura hakoreshwa miliyoni $891. Ni intambara iri…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

AFC/M23 yohereje aba-comando bayo hafi ya Kisangani

2 Min Read
Mu mahanga

AFC/M23 yongeye kugaragaza ubugome ndenga kamere bwa FARDC

2 Min Read
Mu mahanga

Burusiya na Ukraine byahererekanyije imibiri y’abasirikare baguye ku rugamba

2 Min Read
Mu mahanga

Andi makuru mashya ku rupfu RWA Lt.Col Willy Ngoma 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?