BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Dec 15, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Imitoma iravuza ubuhuha hagati ya Vanesa na Biramahire Abeddy

Imitoma iravuza ubuhuha hagati ya Vanesa na Biramahire Abeddy

admin
Last updated: July 25, 2022 8:52 am
admin
Share
SHARE

Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki 23 Nyakanga 2022, Biramahire Abeddy wakiniraga AS Kigali FC, yerekeje mu gihugu cya Oman aho bivugwa ko agiye gukinayo ndetse n’ikipe yamaze kuyibona.

Kagame Vanesa na Biramahire Abeddy ubwo basezeranagaho

Umugore w’uyu mukinnyi ari we Kagame Vanesa, abicishije ku mbuga nkoranyambaga, yabwiye Abeddy ko kubaho atari hafi ye bizamugora, undi amusubizanya ubwuzu bwinshi.

Ati “Rukundo rwanjye siniyumvisha uko ubuzima buzaba bumeze uteri hafi yanjye.”

Biramahire yahise amusubizanya amagambo arimo urukundo. Ati “Urakoze mugore wanjye.”

Inshuti za hafi za Abeddy zahamirije UMUSEKE ko uyu mukinnyi agiye gukina muri Oman atagiye mu igeragezwa. Ntabwo nyiri ubwite aragira icyo atatangaza kuri aya makuru ariko igihari ni uko yamaze kugera muri iki gihugu.

Uyu mukinnyi na Vanesa bamaze igihe bakundana, ndetse bafitanye umwana w’umuhungu w’imfura yabo yitwa Biramahire Ayman Janis utaruzuza umwaka.

Biramahire yakiniye amakipe arimo Police FC, AS Kigali FC, Mukura VS, Buildcon FC yo muri Zambia na Club Sfaxien yo muri Tunisia.

Abeddy yari yasoje amasezerano muri AS Kigali
Vanesa amaze igihe akundana na Abeddy

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment
  • nzaramba says:
    July 25, 2022 at 9:54 am

    Nubwo atari Umugore we wemewe n’amategeko,ubundi imana isaba abashakanye kubana buri gihe.Bisobanura ko kutabana ari icyaha.Kandi kutabana bitera ingaruka mbi,zirimo kuryamana n’abandi mutashakanye.Benshi bitwaka akazi,amashuli,etc…Ariko abakristu nyakuli,iteka babana n’abo bashakanye.Iyo babonye akazi hanze,iteka barajyana.Birinda akazi katuma batabana n’uwo bashakanye.Kwanga kumvira imana,bisobanura ko uba uzabura ubuzima bw’iteka muli paradizo.

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

2 Min Read
Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?