BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Aug 14, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Umutekano > Imbonerakure zitashye zariye karungu zivuga ko leta yazigambaniye

Imbonerakure zitashye zariye karungu zivuga ko leta yazigambaniye

sam
Last updated: August 13, 2025 10:48 am
sam
Share
SHARE

Abaturage mu Burundi baravuga ko batewe impungenge n’Imbonerakure zikubutse mu ntambara muri Repibulika iharanira demokarasi ya Congo kurwanya umutwe wa M23 zitashye amara masa ko zizabiba.

Izi nsoresore zivuga ko zagambaniwe na leta kuko zemerewe amafranga mbere yo kugenda ntizayahabwa kandi ko imiryango yabo itigeze ifashwa na rimwe.

Bavuga ko binjijwe mu gisirikare basezeranywa Amadorali 500 y’Amerika ndetse no kwishyurirwa ibiribwa ariko amaso yaheze mu kirere .

Aba basore b’urubyiruko rw’imbonerakure bavuga ko leta yari yarabemereye ko imirwango yabo izahabwa indishyi mu gihe hagize ugwa ku rugamba nyamara leta ngo yabirengeje ingohe bavuga ko usibye no guhabwa indishyi umuryango utemerewe no gushyingura cyango ukore ikiriyo cy’umuntu wabo.

Mu myaka yashize imbonerakure zagiye ziherekeza ingabo za leta mu bikorwa byo guhiga abarwanyi n’imitwe yitwaje intwaro irwanya leta y’u Burundi ,nyuma y’aho perezida w’iki gihugu yemereye perezida Tshisekedi WA DRC KU mufasha kurwanya umutwe wa M23 wamuzonge n’imbonerakure zoherejwe muri uru rugamba.

Leta y’u Burundi yagiye ihakana kenshi ko ntangabo n’imbonerakure yohereje muri iyi ntambara iri mu burasirazuba bwa DRC ,icyokora igitangazamakuru SOS cyagiye gitangaza inkuru nyinshi zivuga ku mpfu z’imbonerakure zingwa ku rugamba zihanganyemo na M23 ariko imiryango yabo ntihabwe indishyi.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Amerika yafatiye ibihano PARECO-FF yashinzwe n’uwahoze mu buyobozi bwa M23

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa 12 Kanama 2025 zafatiye ibihano…

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Santrafurika zambitswe imidari y’ishimwe

Inzego z’Umutekano z’u Rwanda ziri muri Centrafrique mu butumwa bw’amahoro bwa Loni…

Imbonerakure zitashye zariye karungu zivuga ko leta yazigambaniye

Abaturage mu Burundi baravuga ko batewe impungenge n'Imbonerakure zikubutse mu ntambara muri…

Ukraine yamaramaje ko nta butaka bwayo buzomekwa ku Burusiya

Perezida Volodymyr Zelensky yamaramaje ko Ukraine itazigera ireka akarere ka Donbas ngo…

Abofisiye ba RDF na RCS mu bashinjwa muri dosiye ya APR FC

Urukiko rwa Gisirikare rwa Nyamirambo kuri uyu wa 13 Kanama 2025, rwatangiye…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Umutekano

Polisi yashyize umucyo ku buryo bukoreshwa hapimwa abatwaye ibinyabiziga banyoye ibisindisha

2 Min Read
Umutekano

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

2 Min Read
Umutekano

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

1 Min Read
Umutekano

Inyeshyamba za AFC / M23 zikomeje kwigarurira aduce muri teritwari ya Masisi, mu majyaruguru ya Kivu.

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?