BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Nov 4, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Umutekano > Imbonerakure zitashye zariye karungu zivuga ko leta yazigambaniye

Imbonerakure zitashye zariye karungu zivuga ko leta yazigambaniye

sam
Last updated: August 13, 2025 10:48 am
sam
Share
SHARE

Abaturage mu Burundi baravuga ko batewe impungenge n’Imbonerakure zikubutse mu ntambara muri Repibulika iharanira demokarasi ya Congo kurwanya umutwe wa M23 zitashye amara masa ko zizabiba.

Izi nsoresore zivuga ko zagambaniwe na leta kuko zemerewe amafranga mbere yo kugenda ntizayahabwa kandi ko imiryango yabo itigeze ifashwa na rimwe.

Bavuga ko binjijwe mu gisirikare basezeranywa Amadorali 500 y’Amerika ndetse no kwishyurirwa ibiribwa ariko amaso yaheze mu kirere .

Aba basore b’urubyiruko rw’imbonerakure bavuga ko leta yari yarabemereye ko imirwango yabo izahabwa indishyi mu gihe hagize ugwa ku rugamba nyamara leta ngo yabirengeje ingohe bavuga ko usibye no guhabwa indishyi umuryango utemerewe no gushyingura cyango ukore ikiriyo cy’umuntu wabo.

Mu myaka yashize imbonerakure zagiye ziherekeza ingabo za leta mu bikorwa byo guhiga abarwanyi n’imitwe yitwaje intwaro irwanya leta y’u Burundi ,nyuma y’aho perezida w’iki gihugu yemereye perezida Tshisekedi WA DRC KU mufasha kurwanya umutwe wa M23 wamuzonge n’imbonerakure zoherejwe muri uru rugamba.

Leta y’u Burundi yagiye ihakana kenshi ko ntangabo n’imbonerakure yohereje muri iyi ntambara iri mu burasirazuba bwa DRC ,icyokora igitangazamakuru SOS cyagiye gitangaza inkuru nyinshi zivuga ku mpfu z’imbonerakure zingwa ku rugamba zihanganyemo na M23 ariko imiryango yabo ntihabwe indishyi.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Barushimusi b’amahembe y’inzovu bacakiwe batarayagurisha ku mugabane wa Asia

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gucuruza amahembe…

Trump yahamije ko iminsi ya Maduro iri kubarirwa ku ntoki

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza…

Samia Suluhu agiye kurahirira kongera kuyobora Tanzania

Kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2025 Perezida watorewe kuyobora Tanzania Samia Suluhu…

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

Umuhuzabikora w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille…

Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gushaka kwiyomekaho Uburasirazuba bw’igihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi, Félix Antoine Tshisekedi, yongeye gukora u Rwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Umutekano

Fizi: Imitwe ibiri ya Wazalendo yasubiranyemo bane bahasiga ubuzima

1 Min Read
Umutekano

Gen Tshiwewe na bagenzi be babiri baba birukanwe mu gisirikare cya RDC?

1 Min Read
Umutekano

DRC: FARDC yongeye kwica agahenge ikoresheje Drones muri Walikare na Masisi

1 Min Read
Umutekano

Rutshuru: Wazalendo zagabye ibitero ku birindiro bya AFC/M23 muri Tongo

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?