BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Aug 15, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Amerika > Ihohoterwa rishingiye ku gitsina ryiyongereyeho 25% muri uyu mwaka_Raporo ya Loni

Ihohoterwa rishingiye ku gitsina ryiyongereyeho 25% muri uyu mwaka_Raporo ya Loni

sam
Last updated: August 15, 2025 10:25 am
sam
Share
SHARE

Raporo y’umurayango wa bibimbye y’uyu mwaka igaragaza ko ibyaha bushingiye ku ihohoterwa rishingiye ku gitsina mu bice byugarijwe n’intambara ku Isi byiyongereyeho 25% muri uyu mwaka ugeraranyije n’ushize wa 2024.

Ni raporo yatangajwe ku wa 14 Kanama 2025 n’umunyamabanga mukuru wa Loni Antonio Guterres igaragaza ko irihohoterwa ahanini rikorea n’imitwe yitwaje intwaro mu bice birimo intambara .

Iyi raporo Kandi igaragaza ko abagera ku 4600 aribyo bagize amahirwe yo kurokoka iri hohoterwa .

Hagaragaramo Kandi uruhare rw’ingabo za leta zikora ibikorwa byihohoterwa rishingiye ku gitsina mu bihugu birimo intambara birimo DRC,Haiti,Somaria na Sudani Y’Epfo.

Iyi raporo nanone igaragaza imitwe yitwaje intwaro ya leta n’itari iya leta isaga 63 ko ikekwaho kugira uruhare mu ifatwa ku ngufu ry’abagore n’abakobwa ndetse n’ibindi bikorwa bihonyora uburenganzira bwa muntu.

Uretse imitwe yitwaje intwaro igaragara muri iyi raporo Kandi loni ivuga ko n’ingabo za leta nazo zikora ibikorwa by’ihohiterwa rishingiye ku gitsina n’ibindi byaha by’oshimisha mubiri mu bihe by’intambara cyane cyane muri ibi bihugu byavuzwe haruguru.

Iyi raporo ya loni ivuga ko ibi bikorwa by’i yoko muntu bikorwa mu gihe cy’intambara ndetse na nyuma yayo bigakorerwa abagore n’abakobwa bagizweho ingaruka n’intambara.

Loni isaba ko hashyirwaho ubutabera abagizweho ingaruka n’iri hohoterwa bakarenganurwa ndetse hagashyirwamo imbaraga mu gukumira ihohoterwa rishingiye ku gitsina mu gihe cy’imidugararo.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Guhura kwa perezida Trump na Putin kwateje impagarara

Abashyigikiye Ukraine babarirwa mu bihumbi bateguye imyigaragambyo yamagana umuhuro wa perezida wa…

Ihohoterwa rishingiye ku gitsina ryiyongereyeho 25% muri uyu mwaka_Raporo ya Loni

Raporo y'umurayango wa bibimbye y'uyu mwaka igaragaza ko ibyaha bushingiye ku ihohoterwa…

Burundi : Umu ofisiye mukuru muri polisi akurikiranyweho gucuruza lisanse mu buryo butemewe n’mategeko

Inzego z'imutekano mu Burundi zataye muri yombi Colonel Moïse Arakaza Alias Nyeganyega,…

Kenya: Abasirikare 35 b’u Bwongereza bakekwaho kwishyura abagore ngo baryamane

Iperereza rya gisirikare ryakozwe hagati ya Nyakanga 2022 kugeza mu mpera za…

Gatsibo: Abaturage bikusanyirije miliyoni 12 Frw zo gusana ibiro by’Akagari  

Abaturage b’Akagari ka Nyagakombe mu Murenge wa Remera, Akarere ka Gatsibo, banyuzwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Amerika

Amerika yafatiye ibihano PARECO-FF yashinzwe n’uwahoze mu buyobozi bwa M23

2 Min Read
Amerika

Perezida Zelensky yamaganye gahunda yo guhura kwa Trump na Putin bahanganye

2 Min Read
Amerika

Amerika yahagaritse visa z’abayobozi ba Palestin

2 Min Read
Amerika

Thailand na Cambodia bemeranyije guhagarika imirwo

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?