BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Mar 19, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Igitero cya ADF cyahitanye abantu 11 i Beni

Igitero cya ADF cyahitanye abantu 11 i Beni

admin
Last updated: October 3, 2022 12:39 pm
admin
Share
SHARE

Igisirikare cyo muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo kiravuga ko abantu 11 baguye mu gitero cyabereye i Beni mu burasirazuba bw’icyo gihugu.

Abaturage b’i Beni bahangayikishijwe n’ubwicanyi bwa ADF yabuze gihangura

Umuryango uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu waho ngaho wemeje ko inyeshyamba z’abanya Uganda zo mu mutwe wa ADF ku mugoroba wo ku cyumweru wagabye igitero ahitwa i Beu-Manyama.

Benshi mu bapfuye ni abaturage b’abasivile barimo n’abana, hatwitswe n’inzu zabaturage izindi zirasahurwa.

Ibibazo by’umutekano bikomeje kuba agatereranzamba muri kariya gace k’intara y’amajyaruguru ya Kivu aho nta cyumweru gishira hatabaye ubwicanyi bukomeye.

Igisirikare cya leta ya Congo n’Ingabo za Uganda zikomeje ibikorwa byo kurwanya umutwe wa ADF kugira ngo uranduke muri Congo.

Ariko rero ibyo ntibibuza ko uyu mutwe ukomeje kugaba ibitero bikomeye bihitana abaturage umunsi ku munsi.

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Kenya: Abakora mu by’indege bateguje indi myigaragambyo

Ihuriro ry’abakora muri serivisi z’indege muri Kenya (KAWU) ryatangaje ko abanyamuryango baryo…

Nyagatare: Hangijwe ibiyobyabwenge birimo urumogi na kanyanga bifite agaciro k’arenga miliyoni 56 frw

Mu Karere ka Nyagatare, habereyemo igikorwa cyo kwangiza ibiyobyabwenge birimo urumogi na…

Sudan: RSF yishe abarenga 17, isiga abarenga 120 bakomeretse

Imirwano yongeye gufata intera hagati y’ingabo za Leta ya Sudan n’abarwanyi b’Umutwe…

Perezida Kagame yakiriye umuyobozi wa rimwe mu matorero akomeye muri Amerika

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, itariki 18 Werurwe 2026, Perezida…

Umunsi w’Ilayidi wamenyekanye

Ubuyobozi bukuru bw’ Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda (RMC), bwatangaje ko umunsi mukuru…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Abadepite bo muri Kivu ya Ruguru barataka ubukene kubera kudahembwa

1 Min Read
Mu mahanga

Madagascar yashyizeho Minisitiri w’Intebe nyuma yo gusesa Guverinoma

1 Min Read
Mu mahanga

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

1 Min Read
Mu mahanga

Gen Bunyoni wari warakatiwe igihano cya burundu yarekuwe

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?