BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Nov 14, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Ifoto itangaje: Haruna Niyonzima n’abana b’i Nyagatare

Ifoto itangaje: Haruna Niyonzima n’abana b’i Nyagatare

admin
Last updated: December 21, 2022 11:46 am
admin
Share
SHARE

Abana bakina umupira w’amaguru bo mu Akarere ka Nyagatare, bishimiye kubona kapiteni w’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda [Amavubi], Haruna Niyonzima imbona nkubone.

Abana bishimiye kwifotozanya na Haruna Niyonzima

Ikipe ya AS Kigali yerekeje mu Akarere ka Nyagatare aho igomba gukina na Sunrise FC mu mukino w’umunsi wa 15 wa shampiyona.

Iyi kipe iterwa inkunga n’Umujyi wa Kigali ikigera ku kibuga cy’imyitozo izanakiniraho, yahasanze abana bato basanzwe bakina umupira w’amaguru ariko bakanakunda bihebuje Haruna Niyonzima.

Nyuma y’imyitozo Haruna yemereye aba bana ko bafatana agafoto, cyane ko bafite inzozi zo kuzagera ku byo uyu mukinnyi yagezeho.

AS Kigali yakoreye imyitozo ku kibuga izakiniraho

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe Ku wa 12

Ku wa 12Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye…

Hatahuwe abakekwaho kuyogoza sitasiyo za Lisansi hanatangazwa ayo bari bamaze kwiba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho…

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w'abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
Imikino

Hoteli ya FERWAFA yatangiye gukora nyuma y’imyaka irenga 10 yubakwa

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?