BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Jul 30, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Ibyo twamenye ku nkongi yibasiye inzu Polisi ikoreramo ahazwi nko kwa Kabuga

Ibyo twamenye ku nkongi yibasiye inzu Polisi ikoreramo ahazwi nko kwa Kabuga

admin
Last updated: December 25, 2022 6:35 pm
admin
Share
SHARE

Ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye video igaragaza umwotsi mwinshi ucumba mu gisenge cy’inyubako y’umuturirwa Polisi ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda rikoreramo ahazwi nko kwa Kabuga, Nyabugogo.

 

Umuriro wahereye mu gisenge

Iyi video yakwirakwiye kuri iki Cyumweru tariki 25 Ukuboza, aho u Rwanda n’abandi bemera Yesu/Yezu Christu ku isi bizihije umunsi mukuru wa Noel/Noheli.

Bigaragara ko abafashe video bari bafite impungenge ko umuriro ukwira hose bitewe n’ubukana wari ufite, ndetse no kuba wari urenze igisenge cy’inzu utangiye kugaragara inyuma.

Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, CP John Bosco Kabera yabwiye UMUSEKE ko ishami rya Polisi rishinzwe kuzimya inkongi, ryabashije kuzimya iriya nzu.

https://umuseke.rw/wp-content/uploads/2022/12/WhatsApp-Audio-2022-12-25-at-18.10.37-1-online-audio-converter.com_.mp3

Ati “Inkongi Fire Brigade yahise iyizimya, birakekwa ko yatewe na sircuit y’amashanyarazi.”

Yavuze ko inkongi yibasiye icyumba kirimo ubusa, ndetse n’ikindi gikorerwamo (office), yangiza intebe n’ameza, nta muntu wakomeretse cyangwa ngo agire ikindi aba kubera iyi nkongi.

https://umuseke.rw/wp-content/uploads/2022/12/WhatsApp-Video-2022-12-25-at-15.50.58.mp4

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
2 Comments
  • Rugamba says:
    December 25, 2022 at 8:12 pm

    Ni court circuit Electrique. Ntago Ari circuit y zmashanyarazi
    1. Phase ishobora kuna yafatanye na neutre fusible nti manuke ngo i couper. 2. Bacometse igikoresho gifite imbaraga n”instinga zidafite imbaraga zigasha zigatwika plafond urabona ko Ari hejuru atari muri dalle.murakoze

    Reply
  • Rax says:
    December 26, 2022 at 8:09 am

    Ariko uyu Kabera arabeshya shahu😂😅😂😅hariya hejuru ko ari mu byumba cg hostel zaba police bararamo ibyo bya office bihuriye he ko office ziri nko kuri floor eshatu zambere gusa

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof.…

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Uhagarariye Uganda i Kinshasa yahamagajwe gusobanura iby’ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

1 Min Read
Politike

Kiliziya Gatolika ya RDC ntiyizeye ko Trump azahagarika intambara muri icyo gihugu

3 Min Read
Politike

Imipaka ihuza Uganda n’ibice bya DRC bigenzurwa na AFC/M23 yafunguwe

2 Min Read
Politike

Intumwa za AFC/M23 na Leta ya RDC basubiye KU meza y’ibiganiro i Doha muri Qatar 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?