BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Aug 9, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Ikoranabuhanga > Ibirori by’umuhango wo kwita izina abana b’ingagi byasubitswe

Ibirori by’umuhango wo kwita izina abana b’ingagi byasubitswe

sam
Last updated: October 9, 2024 6:28 am
sam
Share
SHARE

Urwego rw’igihugu rushinzwe iterambere (RDB) kuri uyu wa 8 Ukwakira 2024, rwatangaje ko umuhango wo kwita izina abana b’ingagi wari uteganyijwe tariki 18 Ukwakira wasubitswe .

Ni mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na RDB rigira riti: “Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere ruratangaza isubikwa ryo Kwita Izina 2024. Indi tariki izaberaho ibi birori byo Kwita Izina Abana b’Ingagi izatangazwa.”

RDB itangaje isubikwa ry’ibi birori ku mpamvu zitasobanuwe mu gihe haburaga iminsi 10 ngo bibe.

Ibi birori bisubitse nyuma y’uko mu Rwanda hagaragaye icyorezo cya Marburg kimaze guhitana abagera kuri 13 ndetse inzego zitandukanye zamaze gushyiraho ingamba zo ku gikumira.

RDB kandi iherutse gushyiraho amabwiriza arebana n’abacuruzi mu rwego rwo gukumira iki cyorezo cya Marburg arimo gukurikiza amabwiriza y’isuku yatanzwe na Minisiteri y’Ubuzima harimo gupima umuriro ku binjira ndetse no gutanga aho gukarabira intoki cyangwa gukoresha ku muryango umuti wica udukoko .

Ibirori byo kwita izina bisanzwe bihuza abantu benshi barimo ibyamamare byo hirya no hino ku Isi ndetse n’abanyacyumahiro batandukanye ku Isi yose.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Kigali: Abantu 10 batawe muri yombi bakekwaho ibirimo gutobora inzu z’abaturage bakiba

Polisi ikorera mu Mujyi wa Kigali, iratangaza ko yafashe abantu 10 mu…

Rubavu: Gitifu afunganywe n’abaturage bakurikiranyweho kugurisha Inka za Girinka

Mu Karere ka Rubavu, Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari ka Kanyundo mu Murenge wa…

Umugabo w’i Rusizi yafatanywe urumogi yarwihambiriyeho arenzaho imyenda

Kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kamembe mu Karere ka Rusizi hafungiye umugabo…

RIB yataye muri yombi abayobozi ba WASAC abarimo Prof Munyaneza Omar wayoboye iki kigo

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko Prof Munyaneza Omar wayoboye WASAC n’abandi…

Hakozwe amadarubindi akoresha ikoranabuhanga rya ’AI’

Hagiye gushyirwa ku isoko amadarubindi mashya akoranye ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano AI, afite…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Ikoranabuhanga

Hangijwe ibikoresho by’ikoranabuhanga byafashwe bitujuje ubuziranenge

4 Min Read
Ikoranabuhanga

Polisi y’u Rwanda yasobanuye imikoreshereze ya Camera zo mu muhanda

1 Min Read
Ikoranabuhanga

Bimwe mu byangwombwa byatangwaga na RIB bigiye gutangirwa ku ikoranabuhanga

1 Min Read
Ikoranabuhanga

Serivise z’ubuvuzi zigiye gutangwa hifashishijwe ikoranabuhanga

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?