BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jul 17, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru zindi > Ibinyabiziga 960 byafatiwe kutagira Controle technique  

Ibinyabiziga 960 byafatiwe kutagira Controle technique  

admin
Last updated: August 19, 2022 6:38 pm
admin
Share
SHARE

Kuri  uyu wa Gatanu tariki ya 19 Kanama 2022, Polisi y’Igihugu yatangaje ko mu minsi ine  yafashe ibinyabiziga bigera kuri 969 byose bitujuje ubuziranenge.

Ibinyabiziga birimo amakamyo byafashwe bidafite icyangombwa cy’ubuzirange

Polisi isobanura ko mu gihe ikinyabiziga cyigiye mu muhanda cyitujeje ubuzirange gishora guteza impanuka, ubuzima bw’abantu bukaba bwahagendera.

Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, CP John Bosco Kabera, yasabye abashoferi gusuzumisha ibinyabiziga badategereje kwibutswa na Polisi  kuko mu gihe bidakozwe bishobora guteza akaga.

Yagize ati “Ibyo binyuranyije n’amategeko ndetse bikaba byateza n’impanuka. Ntabwo rero twategereza ko  hatakara ubuzima bw’abantu cyangwa ngo ibintu byangirike niyo mpamvu abapolisi bari hriya no hino bagomba kubishakisha.”

Yakomeje  ati “Turakangurira abantu kubyitabira, ntabwo bazategereza ko Polisi ibahana cyangwa se  ko Polisi ibabwiriza cyangwa ikinyabiziga cyateza impanuka kikaba cyateza ikibazo.”

Polisi yatangaje ko hari ubwo ibinyabiziga byakoze impanuka ahanini bitewe n’uko bidasuzumishijwe ubuziranenge bwabyo (Controle technique.)

Polisi ifashe ibi binyabiziga mu gihe ku wa 2 Kanama uyu mwaka  mu Karere ka Rubavu habereye impanuka y’imodoka yo mu bwoko bw’ikamyo abantu bane baburiramo ubuzima abandi 31 barakomereka.

Icyo gihe Umuvugizi wa Polisi ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda SSP Irere Rene, yabwiye UMUSEKE ko byagaragaye ko ikamyo itari yarakoresheje isuzuma ry’ibinyabozoga (Controle technique).

CP Kabera yasabye abashoferi kwitwararika bagasuzumisha ibinyabiziga kugira ngo birinde impanuka

TUYISHIMIRE Raymond / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Santarafurika: Amb Kayumba yagiranye ibiganiro n’aba ofisiye ba RCS

Ambasaderi w’u Rwanda muri Santarafurika, Olivier Kayumba, yagiranye ibiganiro n’ Abakozi b’Urwego…

DRC: Igitero cy’abasirikare ba Kinshasa mu mirima ya Joseph Kabila cyamaganwe n’imiryango itari iya leta

Imiryango itari iya Leta muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahagurutse iri…

Agakoriro ka Gisozi kagiye kwimurirwa mu cyanya cy’inganda i Masoro

Umujyi wa Kigali watangaje ko ibikorwa by’ububaji n’ibindibyakoreraga mu Gakiriro ka Gisozi…

Min Olivier Nduhungirehe Nduhungirehe yaganiriye na mugenzi we waTurkmenistan  

Minisitiri w'ububanyi n'amahanga n'ubutwwrerane w'u Rwanda Olivier Nduhungirehe yagiranye ikiganiro kuri Telefone…

U Rwanda ruritegura kwakira inama ikomeye ya OIF

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rwatangiye…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Kiliziya Gatolika ya RDC ntiyizeye ko Trump azahagarika intambara muri icyo gihugu

3 Min Read
Politike

Imipaka ihuza Uganda n’ibice bya DRC bigenzurwa na AFC/M23 yafunguwe

2 Min Read
Politike

Intumwa za AFC/M23 na Leta ya RDC basubiye KU meza y’ibiganiro i Doha muri Qatar 

1 Min Read
Politike

U Rwanda rufite ikizere cy’uko amasezerano rwasinyanye na DRC azatanga umusaruro

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?