BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Jul 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Ibihe bidasanzwe kuri Miss Naomie n’umusore yihebeye I Dubai – AMAFOTO

Ibihe bidasanzwe kuri Miss Naomie n’umusore yihebeye I Dubai – AMAFOTO

admin
Last updated: January 5, 2023 11:37 am
admin
Share
SHARE

Miss Rwanda 2020 Nishimwe Naomie ari mu bihe bidasanzwe hamwe n’umukunzi we Michael Tesfy wagiye kumutembereza mu mujyi wa Dubai ku munsi mukuru yizihiza isabukuru ye y’amavuko.

Miss Naomie n’umusore wiyeguriye umutima we bari mu byishimo i Dubai

Kuri ubu Naomie n’uyu musore wigaruriye umutima we bagiye gutemberera I Dubai aho uyu mukobwa yanizihirije isabukuru y’amavuko.

Michael Tesfay abinyujije kuri Instagram ye yerekanye amafoto bombi bari muri uwo mujyi yifuriza isabukuru nziza uyu mukobwa bakundana.

Ati “Isabukuru nziza ku mugore udasanzwe mu buzima bwanjye. Mu byukuri ukwiye ibyiza byinshi mugihe cyose tuzaba turikumwe. Ndagukunda.”

Miss Naomie anyuze ahatangirwa ibitekerezo yashimiye uyu musore amubwira ko nawe azamukunda by’igihe kinini.

Miss Naomie ni umwe mu bakowa banyuze mu irushanwa rya Miss Rwanda batigeze bavugwa cyane mu nkuru z’urukundo, gusa aho arugiriyemo yerekanye ko atewe ishema n’umusore bakundana dore ko adahwema kumwereka abamukurikirana ku mbuga ze.

Inkuru y’urukundo rwabo yatangiye kumenyekana muri 2022. Naomie yaje kubishimangira cyane ubwo yatangizaga urubuga rwe rwa You tube ashyiraho ubuzima bwe bwa buri munsi.

Akerekana aho aba yajyanye n’uyu musore mu bihugu bitandukanye haba ibyo muri Afurika na Asia.

View this post on Instagram

A post shared by Michael Tesfay (@prophetic__)

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

RDC igiye gusaba Uganda ibisobanuro ku ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwateguje ko buzasaba Uganda ibisobanuro…

Muri Kanama ab’i Kigali bazajya babona amazi mu minsi 2 aho kuba 5-WASAC

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi Isuku n’Isukura, WASAC cyijeje abatuye mu Mujyi wa…

DRC : Kiliziya gatorika ntiyozeye ko amasezerano y’u Rwanda na Congo ko atazakemura ikibazo mu mizi

Umuyobozi mukuru w’Inama y’Abepisikopi muri Congo Kinshasa, Musenyeri Donatien Nshole avuga ko…

Perezida wa Botswana yahigiye guhura na Trump, akamwemeza

Perezida Gideon Duma Boko wa Botswana yahigiye guhura na Donald Trump uyobora…

Perezida Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wayoboye Kenya

Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya, akaba ari n’umwe mu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Nicki Minaj yasabye Jay-Z kumwishyura arenga miliyoni 100

2 Min Read
Imyidagaduro

Umuhanzikazi Clarisse Karasira yibarutse ubuheta

1 Min Read
Imyidagaduro

Rufonsina aritegura kwibaruka ubuheta

1 Min Read
Imyidagaduro

Post Malone yatandukanye n’umukunzi we

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?