BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Feb 10, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Huye: Abagabo batatu bafatiwe mu cyuho babaga inka bibye

Huye: Abagabo batatu bafatiwe mu cyuho babaga inka bibye

admin
Last updated: December 20, 2022 3:12 pm
admin
Share
SHARE

Abagabo batatu bo mu Murenge wa Ngera mu Karere ka Nyaruguru bari mu kigero cy’imyaka 35, bakurikiranyweho kwiba inka y’umuturage bakayibagira mu wundi Murenge..

Abakekwa bafatiwe mu Karere ka Huye

Amakuru avuga ko  bafashwe ku wa Gatandatu tariki ya 17 Ukuboza 2022, bafatiwe mu Murenge wa Mukura wo mu Karere ka Huye ubwo bari bamaze kubaga iryo tungo.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mukura, Ngabo Fidèle yabwiye UMUSEKE ko abaturage batanze amakuru kuri ubwo bujura, maze abakekwa bahita batabwa muri yombi.

Yagize ati ”Bayibye muri Ngera ariko bayibagira mu Murenge wa Mukura ari naho bafatiwe. Inka barayizana kuko bari bafite aho bari bayijyanye, bafatwa rero nyuma y’amakuru yari amaze gutangwa n’abaturage.”

Gitifu Ngabo yakomeje ati ”Na ba nyiri inka baraje babona ko ari iyabo, twafatanyije n’inzego z’Ubugenzacyaha RIB, ziraza zirabakurikirana.“

Uyu muyobozi yashimiye abaturage batanze amakuru ariko abagira  inama yo kutirara bakaba maso.

Yagize ati ”Nubwo icyaha kitabereye mu Murenge wacu, ariko abaturage batanze amakuru ndetse n’abagize uruhare muri iki cyaha barafatwa. Ni ugushimimira abaturage, imikoranire myiza.”

Yavuze ko abaturage batagomba kwirara muri rusange. Ati “Twese tugomba kugira uruhare mu kwicungira umutekano wacu n’imitungo yacu.”

Abakekwaho kwiba iri tungo bakaba bari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacuaha rukorera mu Murenge wa Ngera mu karere ka Nyaruguru ari naho bakomoka.

TUYISHIMIRE RAYMOND/UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Uganda: Bane bafunzwe bazira kwiyitirira umukobwa wa Museveni

Polisi ya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi abantu bane bakekwaho kwiyitirira…

Byemejwe ko ingabo za Afurika y’Epfo zose zari muri Congo muri MONUSCO zigiye gutaha

Ubuyobozi bw’Ingabo ziri mu Butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira…

Umwe mu bayobozi bakuru ba MONUSCO yageze i Kishasa

Umunyamabanga mukuru wungirije wa ONU ushinzwe ibikorwa by’ingabo zo kubungabunga amahoro muri…

U Bufaransa; Urubanza rw’impanga zikekwaho ubwicanyi rwabaye ingorabahizi

Impanga zisa ndetse zihuje n'ibimenyetso ndangasano (DNA) zirakekwaho ubwicanyi bwakorewe abantu babiri…

AFC/M23 yashinje Komisiyo ya AU gushyigikira abagizi ba nabi

Ihuriro AFC/M23 ryashinje Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gushyigikira ubugizi bwa…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Ubutabera

Ukekwaho kwica umuntu i Muhanga yafatiwe i Rubavu arimo gutoroka

2 Min Read
Ubutabera

Dj Toxxyk yaje kuburana ubujurire abwira Urukiko impamvu yifuza gufungurwa by’agateganyo

2 Min Read
Politike

Leta ya DRC yemeje ko igiye gutanga umukandida muri OIF 

2 Min Read
Ubutabera

Mugisha ukekwaho kwica agonze mugenzi we, dosiye ye yoherejwe mu bushinjacyaha

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?