BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Mar 12, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Hussein Tchabalala yongereye amasezerano muri AS Kigali

Hussein Tchabalala yongereye amasezerano muri AS Kigali

admin
Last updated: July 30, 2022 6:12 pm
admin
Share
SHARE

Nyuma yo gusoza amasezerano y’imyaka ibiri muri AS Kigali, Hussein Shaban yari yabonye ikipe muri Aziya ariko ahitamo kuguma mu Mujyi wa Kigali.

AS Kigali yemeje ko Hussein Shaban yongereye amasezerano azamugeza mu 2024

Nk’uko ikipe ye yabitangije ibicishije ku mbuga nkoranyambaga, Tchabalala yongereye amasezerano y’imyaka ibiri azamugeza mu 2024.

Yongereye amasezerano nyuma yo kubanza kuvugwa mu biganiro n’kipe yahozemo ya Rayon Sports ariko nyiri ubwite akaba yarahakanye ko nta biganiro yagiranye n’iyi kipe.

Mu Rwanda, Tchabalala yakiniye amakipe arimo Amagu FC yo mu Cyiciro cya Kabiri, Rayon Sports na Bugesera FC yavuyemo aza muri AS Kigali FC.

Hanze y’u Rwanda yakiniye Baroka FC yo muri Afurika y’Epfo, ahava yerekeza muri Éthiopian Coffee Sports Club muri Mutarama 2019.

Tchabalala ari mu batsindira AS Kigali cyane

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

Gen Bunyoni wari warakatiwe igihano cya burundu yarekuwe

General Alain-Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Burundi kuva muri Kamena 2020…

UNICEF yatangaje akababaro irimo kubera umukozi wayo wiciye i Goma

Ishami rya ONU ryita ku bana ryatangaje ko “ribabajwe kandi rishenguwe n’urupfu…

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

Perezida Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri yagiranye ibiganiro…

Herekanywe abasore bakekwaho ibyaha by’ubugome.

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10 Werurwe 2026, Urwego rw'Ubugenzacyaha (RIB)…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
Imikino

Itamar Einhorn ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?