BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Feb 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Haruna yasobanuye icyatumye basezererwa muri Confederation Cup

Haruna yasobanuye icyatumye basezererwa muri Confederation Cup

admin
Last updated: October 17, 2022 4:44 pm
admin
Share
SHARE

Kapiteni w’ikipe ya AS Kigali, Haruna Niyonzima ahamya ko umukino ubanza wahuje iyi kipe na Al Nasser mu marushanwa ahuza amakipe yatwaye ibikombe iwayo ku mugabane wa Afurika [CAF Confederation Cup], ari wo watumye isezererwa itsinzwe igitego 1-0.

Haruna ahamya ko umukino ubanza ari wo watumye AS Kigali isezererwa [Ifoto: Clarisse Uwimana]
Nyuma yo kwihagararaho iminota 45 y’igice cya Mbere, ntabwo indi y’igice cya Kabiri yabaye myiza kuko ku munota wa 69 yatsinzwe igitego cyayibereye umugogoro kugeza umukino urangiye.

Umukino ubanza wahuje AS Kigali na Al Nasser yo muri Libya, wabereye mu Rwanda kuri stade mpuzamahanga ya Huye, urangira amakipe yombi anganyije 0-0.

Ibi byasobanuraga ko amahirwe kuri iyi kipe iterwa inkunga n’Umujyi wa Kigali, agabanutse kuko muri aya marushanwa Nyafurika buri kipe yirwanaho iyo iri mu rugo.

Aganira n’abanyamakuru bajyanye na AS Kigali, Haruna Niyonzima yavuze ko ubwo bari mu Rwanda birangayeho.

Ati “Yego ni byo dusezerewe n’umukino ubanza wabereye i Huye.”

N’ubwo iyi kipe kubona igitego byabaye iyanga, yaguze abataha izamu barimo Ndikumana Selemani Landry wavuye i Burundi, Félix Kone, Man Ykre na Hussein Shaban wongereye amasezerano muri iyi kipe.

Mu mikino ine iyi kipe yakinnye muri uru rugendo rwose, yinjijemo igitego kimwe nayo yinjizwa kimwe kuri Al Nasser ari nacyo cyayisezereye.

AS Kigali yasezerewe muri CAF Confederation Cup

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Nta Gihugu gishobora kwemeza ko cyageze ku iterambere rirambye mu gihe abagore bagipfa batanga ubuzima-PM Dr.Nsengiyumva

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Justin Nsengiyumva witabiriye ibikorwa by’Inama y’Abakuru b’Ibihugu…

Amateka y’umunsi w’abakundana wa ‘Saint Valentin’

Ubusanzwe umunsi wa Saint Valentin wizihizwa tariki 14 Gashyantare ku Isi hose…

Ethiopia: Abanyamakuru batatu bahagaritswe kubera gushinja Leta gufasha inyeshyamba zo muri Sudani

Leta ya Ethiopia yambuye abanyamakuru batatu bakorera Ibiro Ntaramakuru, Reuters, uruhushya rwo…

Umuryango w’Abibumbye urashinja RSF kwica abasivili barenga 6000 mu minsi itatu

Raporo yashyizwe ahagaragara n'Umuryango w'Abibumbye (UN), ivuga ko umutwe urwanya ubutegetsi bwa…

Gen. Muhoozi agiye kugenderera u Rwanda

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ateganta kuzasura…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

RSSB Tigers BBC yegukanye FERWABA Super Cup 2026 ihigitse APR BBC

2 Min Read
Imikino

APR FC yatsinze Gasogi United yakinaga nk’ikipe y’abato

3 Min Read
Imikino

Etincelles FC yahagaritse abatoza bayo kubera umusaruro muke

1 Min Read
Imikino

Bizimana Djihad yasezeye Al Ahli SC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?