BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Nov 4, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Umutekano > Hamenyekanye imibare y’abapfiriye mu mirwano y’Ingabo za RDC na Wazalendo

Hamenyekanye imibare y’abapfiriye mu mirwano y’Ingabo za RDC na Wazalendo

sam
Last updated: August 16, 2025 12:30 pm
sam
Share
SHARE

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyatangaje ko imirwano y’abasirikare bacyo, abapolisi n’umutwe witwaje intwaro wo muri Wazalendo yapfiriyemo abantu icyenda.

Iyi mirwano yabereye mu gace ka Tukolote mu mujyi wa Kindu mu ntara Maniema, tariki ya 14 Kanama 2025, biturutse ku kuba umwana w’umuyobozi w’uyu mutwe witwaje witwa Amani Useni Josué alias Saddam, yarakubiswe n’abashinzwe umutekano bari ku burinzi.

Umuvugizi w’ibikorwa by’igisirikare mu burasirazuba bwa RDC, Lt Jérémie Gbe, yatangaje ko mu bapfuye harimo abarwanyi batanu ba Saddam, abasirikare babiri ndetse n’abapolisi babiri, hakomereka abandi umunani.

Lt Gbe yagize ati “Uruhande rw’umwanzi rwapfushije batanu, abandi bane barakomereka, mu gihe ku ruhande rwacu hapfuye bane barimo abapolisi babiri n’abasirikare babiri, hakomereka bane.”

Imirwano y’ingabo za RDC na Wazalendo yatumye Guverineri wa Maniema, Mussa Kabwankubi, ashyira agace ka Tukolote muri Guma mu Rugo hagati ya saa mbiri n’igice z’ijoro na saa kumi n’imwe z’igitondo

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Barushimusi b’amahembe y’inzovu bacakiwe batarayagurisha ku mugabane wa Asia

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gucuruza amahembe…

Trump yahamije ko iminsi ya Maduro iri kubarirwa ku ntoki

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza…

Samia Suluhu agiye kurahirira kongera kuyobora Tanzania

Kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2025 Perezida watorewe kuyobora Tanzania Samia Suluhu…

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

Umuhuzabikora w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille…

Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gushaka kwiyomekaho Uburasirazuba bw’igihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi, Félix Antoine Tshisekedi, yongeye gukora u Rwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Umutekano

Fizi: Imitwe ibiri ya Wazalendo yasubiranyemo bane bahasiga ubuzima

1 Min Read
Umutekano

Gen Tshiwewe na bagenzi be babiri baba birukanwe mu gisirikare cya RDC?

1 Min Read
Umutekano

DRC: FARDC yongeye kwica agahenge ikoresheje Drones muri Walikare na Masisi

1 Min Read
Umutekano

Rutshuru: Wazalendo zagabye ibitero ku birindiro bya AFC/M23 muri Tongo

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?