BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Feb 18, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Uwari Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo yahagaritswe mu kazi

Uwari Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo yahagaritswe mu kazi

admin
Last updated: September 16, 2022 11:39 pm
admin
Share
SHARE

Guverinoma y’u Rwanda yahagaritse Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo, ntabwo havuze impamvu y’ihagarikwa rye.

Shema Maboko Didier wari Umunyabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo

Itangazo ryo mu ijoro kuri uyu wa Gatanu rivuga ko Didier Shema Maboko yahagaritswe ku mwanya w’Umunyamabanga Uhuraho muri Monisiteri ya Siporo.

Mu Ugushyingo 2019 nibwo Perezida Paul Kagame mu mpinduka yakoze mu bagize Guverinoma, hagaragaramo Shema Maboko Didier wagizwe Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri nshya ya Siporo.

Yari asanzwe ari umusifuzi mpuzamahanga w’umukino wa Basketball.

Shema Maboko Didier yanabaye umuyobozi wa Tekinike mu ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda, yize ibijyanye na Siporo.

Muri 2019 nibwo Minisiteri yitwaga, “Minisiteri y’Umuco na Siporo” yavuyemo Minisiteri ebyiri. Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, na Minisiteri ya Siporo.

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Imirwano yahinduye isura mu nkengero za Point Zero

Amakuru yizewe aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge, mu bice bya Minembwe,…

Wazalendo basubiranyemo babiri bahasiga ubuzima

Intambara mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) zikomeje guhindura…

Imyigaragambyo ku Kibuga cy’Indege cya Nairobi yatumye indege zitinda

Imyigaragambyo y’abakozi ku kibuga cy’indege gikuru cya Kenya, giherereye mu murwa mukuru…

Inyubako y’ubucuruzi mu Mujyi wa Gisenyi yahiye irakongoka n’ibyarimo byose

Inkongi y’umuriro yibasiye inyubako iherereye mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka…

Rugaju Reagan yasabye imbabazi mu genzi we Lorenzo nyuma y’ibyo yamutangajeho

Umunyamakuru Ndayishimiye Reagan uzwi nka Rugaju Reagan yasabye imbabazi ku butumwa yagaragayemo…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

RSSB Tigers BBC yegukanye FERWABA Super Cup 2026 ihigitse APR BBC

2 Min Read
Imikino

APR FC yatsinze Gasogi United yakinaga nk’ikipe y’abato

3 Min Read
Imikino

Etincelles FC yahagaritse abatoza bayo kubera umusaruro muke

1 Min Read
Politike

Leta ya DRC yemeje ko igiye gutanga umukandida muri OIF 

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?