BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jul 31, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Iyobokamana > Goma: Kiliziya gatolika yemeje ko ntarusengero rwayo rwasenywe cyangwa uwihaye Imana wabuze  ubuzima ubwo Goma yafatwaga na M23

Goma: Kiliziya gatolika yemeje ko ntarusengero rwayo rwasenywe cyangwa uwihaye Imana wabuze  ubuzima ubwo Goma yafatwaga na M23

sam
Last updated: February 7, 2025 10:55 am
sam
Share
SHARE

Umwepiskopi wa Goma , Musenyeri Willy Ngumbi Ngengele, yatangaje ko nta kiliziya yasenywe mu gihe cy ‘imirwano cyangwa abihayimana baguye mu mirwano yabereye i Goma yasize uyu Mujyi utuwe n’abagera kuri Miliyoni ebyiri, wigaruriwe n’umutwe wa M23.

Myr Ngumbi kandi yatangaje ko Ingo ebyiri z’Abihayimana ari zo zangijwe n’Amasasu.

Hashize iminsi irenga 9 umutwe wa M23 wigaruriye umu jyiwa Goma nyuma yo kuwirukanamo ingabo za FARDC, zifatanyije na Wazalendo, FDLR, SADC ,Abacancuro b’Abazungu n’ Abarundi bamwe bagahungira mu Rwanda .

Amakuru avuga ko uyu mujyi wapfiriyemo abasirikare ba FARDC n’Abazalendo bagera ku 3000 , gusa leta ya Kinshasa yo ivuga ko iyi mirambo ari iy’abaturage bishwe n’amasasu y’barwanyi b’impande zari zihanganye.

Kugeza ubu abaturage bishimiye ifatwa ry’uyu mujyi ndetse M23 yamaze gushyiraho abayobozi barimo guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru , umujyi wa Gomo ndetse n’uduce tuyikikije .

Ku wa 6 Gashyantare AFC/M23 yakoze inama n’abaturage yo kwerekaniramo aba bayobozi , basabwa kudahagarara kugeza bafashe i Kinshasa .

Umujyi wa Goma kuri ubu urimo abasirikare ba SADC batarabona uburyo bwo kuva muri uyu mujyi nyuma y’uko batsinzwe bakemera kudakomeza imirwano.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof.…

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Hagiye kuba inama Yiga Uko Isi Yose Yakwemera Leta Ya Palestine nk’igihugu

3 Min Read
Mu mahanga

AFC/M23 yanenze Radio Okapi n’ibindi bitangazamakuru bibogamira ku nkuru ziyisebya 

3 Min Read
Mu mahanga

Nigeria yiyongereye mu bihugu byifuza kwakira Formula One

1 Min Read
Mu mahanga

Kwegura kwa Visi Perezida w’u Buhinde byateje impaka n’urujijo

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?