BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Mar 2, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Ubutabera > Gitifu wari umaze igice cy’umwaka afungiwe ruswa yagizwe umwere 

Gitifu wari umaze igice cy’umwaka afungiwe ruswa yagizwe umwere 

sam
Last updated: September 11, 2025 9:59 am
sam
Share
SHARE

Uwari umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Rongi mu karere ka Muganga wari warafunzwe ashinjwa kwakira ruswa urukiko rwamugize umwere runategeka ko ahita afungurwa.

Nteziyaremye Germain yatawe muri yombi ku wa 27 Gashyantare 2025 akurikiranyweho kwaka no kwakira ruswa y’amafaranga ibihumbi 150 Frw.

Amakuru Ubushinjacyaha butanga avuga Germain yakiriye ruswa y’ amafaranga y’abantu yizezaga ko ashobora kubafunguriza umuntu wabo.

muri icyo gihe cy’itabwa musangbos muri yombi rye , hanatawe muri yombi umukozi w’urwego rw’ubugenzacyaha Gatesi Francine akurikiranyweho icyaha cy’ubufatanya cyaha mu kwaka no kwakira ruswa.

Gusa Francine we yahise afungurwa by’agatenganyo.

Imbere y’urukiko Germain yahakanye ibyaha ashinjwa avuga ko amafaranga bise ruswa yari aya Kompanyi yitwa Ngali yari amande bari baciwe kubera gutema ishyamba rya Leta.

Kuri uyu wa 10 Nzeri urukiko rwisumbuye RWA Muhanga rwavuze ko ibimenyetso byatanzwe n’ubushinjacyaha bidahagije kugira ngo Nteziyaremye Germain ahamwe n’icyi cyaha.

Urukiko rugaragaza ko rugendeye ku igenzura ryakozwe muri MTN ndetse n’imyeregurire y’uregwa bitatuma akomeza gufunga.

Urukiko Kandi rwanategetse ko ahita asubizwa telefoneye yari yarafatiriwe mu gihe cy’iperereza

Uretse Kandi Nteziyaremye wagize umwere urukiko rwanagize umwere Gatesi Francine umukozi w’urwego rw’ubugenzacyaha.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryanenzwe bikomeye n’umutoza wa Gorilla FC,…

RwandAir yasubitse ingendo zijya i Doha kubera intambara yo muri Iran

Sosiyete y’u Rwanda ikora ubwikorezi bwo mu Kirere RwandAir yatangaje ko yasubitse…

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

Umunya-Brazil Henrique Ribeiro Bravo w’imyaka 20 ukinira ikipe ya Soudal Quick-Step Devo…

Israel yongeye kugaba ibitero muri Iran

Ingabo za Israel (IDF) zongeye kugaba igitero gikomeye muri Iran nyuma y’amezi…

AFC/M23 yongeye kugaragaza ubugome ndenga kamere bwa FARDC

Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wagaragaje…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Ubutabera

Muhayimana yasabiwe gufungwa imyaka 15

2 Min Read
Ubutabera

Urubanza ruregwamo abarimo Barafinda rwashyizwe mu muhezo

1 Min Read
Ubutabera

Umuhanzi w’imideri Moses Turahirwa washinze ‘Moshios’ yagarutse imbere y’Urukiko

2 Min Read
Ubutabera

Umunyeshuri w’i Karongi akurikiranyweho gutema abarimu babiri

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?