BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Nov 14, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Gicumbi: Umugabo yagiye kwiha akabyizi mu rugo rwa mugenzi we abigwamo

Gicumbi: Umugabo yagiye kwiha akabyizi mu rugo rwa mugenzi we abigwamo

admin
Last updated: August 5, 2022 5:41 am
admin
Share
SHARE

Mu Murenge wa Nyamiyaga mu Karere ka Gicumbi haravugwa inkuru y’umugabo wasanze hari undi mugabo uri kumusambanyiriza umugore amukubita ikibando aramwica.

Ibara ritukura rigaragaza Akarere ka Gicumbi

Uvugwaho ubu bwicanyi ni umugabo ukiri muto( afite imyaka 26) yitwa Valens Ntabanganyimana akaba yishe uwitwa Uwitonze Jean de Dieu w’imyaka 36.

Inkuru dukesha IGIHE ivuga ko byabereye ahitwa Karambo muri Karere ka Nyamiyaga muri Gicumbi.

Usanzwe asambanyirizwa umugore ngo yakubise ikibando mugenzi we mu mutwe aramukomeretsa bikomeye, abamujyanye kwa muganga bamugezayo yapfuye.

Gitifu w’Umurenge wa Nyamiyaga witwa Claudien Kalisa nawe yemeje aya makuru.

Yabwiye IGIHE ati “Yamukubise nka saa tatu z’ijoro bamujyana kwa muganga, bamugejeje ku Kigo Nderabuzima cya Nyamiyaga nka saa tanu ariko yagezeyo umwuka wamushizemo.”

Umuyobozi yavuze ko amakuru yumvise ari uko bapfuye ubusambanyi.

Umugabo wakubise mugenzi we yafashwe ashyikirizwa Sitasiyo ya Polisi ya Rutare.

IVOMO: IGIHE

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe Ku wa 12

Ku wa 12Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye…

Hatahuwe abakekwaho kuyogoza sitasiyo za Lisansi hanatangazwa ayo bari bamaze kwiba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho…

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w'abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

1 Min Read
Politike

Amb Col (Rtd) Ndamage yashyikirije Umwami wa Eswatini impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri iki gihugu.

1 Min Read
Politike

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

3 Min Read
Politike

Perezida Ndayishimiye yikanze coup d’Etat asubika urugendo rw’i Paris igitaraganya 

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?