BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Dec 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Gicumbi: Umugabo yagiye kwiha akabyizi mu rugo rwa mugenzi we abigwamo

Gicumbi: Umugabo yagiye kwiha akabyizi mu rugo rwa mugenzi we abigwamo

admin
Last updated: August 5, 2022 5:41 am
admin
Share
SHARE

Mu Murenge wa Nyamiyaga mu Karere ka Gicumbi haravugwa inkuru y’umugabo wasanze hari undi mugabo uri kumusambanyiriza umugore amukubita ikibando aramwica.

Ibara ritukura rigaragaza Akarere ka Gicumbi

Uvugwaho ubu bwicanyi ni umugabo ukiri muto( afite imyaka 26) yitwa Valens Ntabanganyimana akaba yishe uwitwa Uwitonze Jean de Dieu w’imyaka 36.

Inkuru dukesha IGIHE ivuga ko byabereye ahitwa Karambo muri Karere ka Nyamiyaga muri Gicumbi.

Usanzwe asambanyirizwa umugore ngo yakubise ikibando mugenzi we mu mutwe aramukomeretsa bikomeye, abamujyanye kwa muganga bamugezayo yapfuye.

Gitifu w’Umurenge wa Nyamiyaga witwa Claudien Kalisa nawe yemeje aya makuru.

Yabwiye IGIHE ati “Yamukubise nka saa tatu z’ijoro bamujyana kwa muganga, bamugejeje ku Kigo Nderabuzima cya Nyamiyaga nka saa tanu ariko yagezeyo umwuka wamushizemo.”

Umuyobozi yavuze ko amakuru yumvise ari uko bapfuye ubusambanyi.

Umugabo wakubise mugenzi we yafashwe ashyikirizwa Sitasiyo ya Polisi ya Rutare.

IVOMO: IGIHE

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
Politike

Tshisekedi yemeye guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

3 Min Read
Politike

Qatar yagennye Ambasaderi mushya mu Rwanda usimbura uwitabye imana 

1 Min Read
Politike

U Rwanda rwakiriye abanyarwanda 200 batahutse bavuye muri RDC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?