BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Sep 18, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu Rwanda > Ghana yemeje ko yakiriye abimukira 14 birukanwe muri Amarika

Ghana yemeje ko yakiriye abimukira 14 birukanwe muri Amarika

sam
Last updated: September 11, 2025 10:04 am
sam
Share
SHARE

Nyuma y’uko u Rwanda rwakiriye abimukira barindwi birukanwe na Amerika , igihugu cya Ghana nacyo cyemeje ko cyakiriye abandi 14 badafite ibwangombwa bibwmerera kuba muri Amerika.

Byemejwe na Perezida w’iki gihugu John Dramani Mahama ku wa 10 Nzeri 2025 ubwo yabwiraga itangazamakuru ko igihugu cye cyemereye leta zunze ubumwe za Amerika kwakira abimukira bazirukanwa muri iki gihugu.

Aba 14 bakiriwe na Ghana barimo abakomoka muri Nigeria ndetse no muri Gambia.

Perezdia John Dramani Mahama yavuze ko Igihugu cye cyafashije abo baturage gusubira mu Bihugu byabo.

Kuva Donald trump yajya ku butegetsi yashyizeho gahunda yo guhangana n’ikibazo cy’abimukira baba muri Amerika mu buryo binyuranyije n’amategeko.

Muri Nyakanga uyu mwaka, abantu batanu birukanywe muri America, bakiriwe n’Igihugu cya Eswatini, abandi umunani bakirwa na Sudany’Epfo

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Museveni yategetse ko ibigo by’amashuri bitagira ibibuga bya siporo byimwa impushya

Perezida wa Uganda,Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko nta shuri ryo mu gihugu…

Kinshasa : Abakozi bakora ku kibuga cy’indege bakomeje gufungwa bazira guheza mu kirere indege yaperezida

Abakozi benshi bakora ku kibuga cy'indege mpuzamahanga cya Ndjili i Kinshasa bakomeje…

Umwe mu basore bagaragaye bakorera umukobwa ubugome bukabije yacakiwe

InPolisi y'u Rwanda yemeje ko yamaze gufata umwe mu basore batatu bagaragaye…

Urubyiruko ruri kwisonga mu bagerageza kwiyahura mu Rwanda

Ku wa 10 Nzeri 2024, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose mu kwizihiza…

Polisi y’u Rwanda yemeje ifungwa ry’abahanzi Ariel Wayz na Babo

Ubuyobozi bwa polisi y'u Rwanda bwemeje koabahanzi Barbara Horn Teta wamamaye nka…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu Rwanda

Byamasheke: Nyuma y’impanuka y’urukuta ahari kubakwa urugomero rw’amashanyarazi igahitana abantu 8 hari abahise batabwa muri yombi

1 Min Read
Mu Rwanda

Nyamasheke: Hamaze kumenyeka imibare y’agateganyo y’ababuriye ubuzima mu mpanukay’urukuta rwagwiriye abubakaga Urugomero rw’Amashanyarazi  

1 Min Read
Mu Rwanda

RIB yerekanye abiyise “ABAMENI” bacucuraga abaturage utwabo bakoresheje uburiganya

1 Min Read
Mu Rwanda

Minisitiri w’Uburezi yasabye ababyeyi kudaterera iyo mu burezi bw’abana babo

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?