BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Feb 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Gasogi yahaye impano Umuri Foundation ya Jimmy Mulisa

Gasogi yahaye impano Umuri Foundation ya Jimmy Mulisa

admin
Last updated: July 28, 2022 9:08 am
admin
Share
SHARE

Ni igikorwa cyabaye ku wa Gatatu tariki 27 Nyakanga 2022. Iri rerero ryashinzwe na Jimmy Mulisa usanzwe ari umutoza wabigize umwuga, ryongeraga kubona izindi mpano nyuma y’indi mipira ryaherukaga kubona.

Umuri Foundation yahawe imipira na Gasogi United

Amakuru UMUSEKE wamenye, ni uko iyi kipe ya Gasogi United yahaye Umuri Foundation imipira icumi yo gukina n’ibindi bikoresho bitandukanye bifasha mu myitozo.

N’ubwo ari impano iyi kipe yahaye iri rerero, mu minsi iri imbere impande zombi zishobora kuzagirana ubufatanye buhoraho.

Babicishije ku mbuga nkoranyambaga zabo, Umuri Foundation yashimiye cyane umuyobozi wa Gasogi United, KNC ku bw’iyi mpano y’imipira.

Bati “Turashimira KNC umuyobozi wa Gasogi United ku bwo gutanga imipira mu irerero ryacu.”

Undi uheruka guha impano z’imipira iri rerero, ni Sibomana Emmanuel uzwi nka Sibo watanze imipira umunani kandi akaba yarijeje ubuyobozi bwa Umuri ko azakora ubuvugizi abana bakabona ibindi bikoresho bakenera.

Irerero rya Umuri Foundation ririmo abana b’abahungu n’abakobwa bafashwa gukuza impano zabo zo gukina umupira w’amaguru, ariko babijyanisha no kwiga.

Mu minsi ishize Umuri Foundation yari yahawe indi mipira umunani

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment
  • Pascal Baylon Ndengejeho says:
    July 28, 2022 at 5:40 pm

    “Umuri Foundation” ni iyahe? Marinzi “Urumuri Foundation” dukesha First Lady gusa. Iyo yindi yaje lyali? Yahanzwe nande?

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Nta Gihugu gishobora kwemeza ko cyageze ku iterambere rirambye mu gihe abagore bagipfa batanga ubuzima-PM Dr.Nsengiyumva

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Justin Nsengiyumva witabiriye ibikorwa by’Inama y’Abakuru b’Ibihugu…

Amateka y’umunsi w’abakundana wa ‘Saint Valentin’

Ubusanzwe umunsi wa Saint Valentin wizihizwa tariki 14 Gashyantare ku Isi hose…

Ethiopia: Abanyamakuru batatu bahagaritswe kubera gushinja Leta gufasha inyeshyamba zo muri Sudani

Leta ya Ethiopia yambuye abanyamakuru batatu bakorera Ibiro Ntaramakuru, Reuters, uruhushya rwo…

Umuryango w’Abibumbye urashinja RSF kwica abasivili barenga 6000 mu minsi itatu

Raporo yashyizwe ahagaragara n'Umuryango w'Abibumbye (UN), ivuga ko umutwe urwanya ubutegetsi bwa…

Gen. Muhoozi agiye kugenderera u Rwanda

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ateganta kuzasura…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

RSSB Tigers BBC yegukanye FERWABA Super Cup 2026 ihigitse APR BBC

2 Min Read
Imikino

APR FC yatsinze Gasogi United yakinaga nk’ikipe y’abato

3 Min Read
Imikino

Etincelles FC yahagaritse abatoza bayo kubera umusaruro muke

1 Min Read
Politike

Leta ya DRC yemeje ko igiye gutanga umukandida muri OIF 

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?