BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Nov 12, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Gakenke: Umugabo yagwiriwe n’ikirombe

Gakenke: Umugabo yagwiriwe n’ikirombe

admin
Last updated: December 31, 2022 10:36 am
admin
Share
SHARE

Umugabwo witwa Nshimiyimana Pascal ukomoka mu Karere ka Karongi, yagwiriwe n’ikirombe gicukurwamo  amabuye  ahita apfa.

Ibi byabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Ukuboza 2022,bibera mu Mudugudu wa Gahondo,Akagari ka Ruli,Umurenge wa Ruli mu Karere ka Gakenke.

Umunyambanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ruli,Hakizimana Jean Bosco,yabwiye UMUSEKE ko uyu mugabo yari kumwe n’undi witwa Twahirwa bari bashinzwe gukamya amazi mu kirombe bagwiriwe n’ibuye mu kirombe, umwe agahita ahasiga ubuzima.

Yagize ati “Byabaye nimugoroba , muri company yitwa Hipocromy.Hari ukuntu ni mugoroba bajyanamo dynamo(imashini ikamya amazi) hasi mu birombe, kugira ngo bakamyemo amazi aba yajemo bityo ejo bazabone uko bacukura nta mpanuka byateza.Ibyo ni cyo bari bagiye gukora,bagezemo ibuye rirahanuka, rimugwira mu mutwe.”

Uyu muyobozi avuga ko umurambo wa nyakwigendera wahise ujyanwa mu buruhukiro bw’iBitaro bya Ruli.Ni mu gihe mugenzi we yakomereste yabanje kujya kwivuza kuri ibyo Bitaro .

Gitifu hakizimana yasabye abaturage kugira amakenga mu bikorwa byo gucukura amabuye.

Yagize ati “Ni ugukomeza kwitondera ubucukuzi kuko hajya habamo impanuka,bakagira ubwirinzi buhagije, na ba nyiri birombe hakaba harimo uburyo bwo gukingira ko byahanuka.

TUYISHIMIRE RAYMOND/UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Umugore n’umuhungu b’uwabaye Perezida wa Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20

Urukiko rwihariye rw’ibyaha bikomeye muri Gabon, rwahamije Sylvia Bongo Ondimba, umugore wa…

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, yakiriwe na Perezida wa Angola,…

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

Ikipe ya Rayon Sports yashyizwe ku rutonde rw’amakipe atemerewe kwandikisha abakinnyi muri…

Perezida Kagame yageze muri Guinée-Conakry

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Perezida Kagame yageze muri Guinea-…

U Rwanda rwakiriye abarwanyi ba FDLR 7 bari mu mashyamba ya RDC

Abarwanyi 7 b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ugizwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Amb Col (Rtd) Ndamage yashyikirije Umwami wa Eswatini impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri iki gihugu.

1 Min Read
Politike

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

3 Min Read
Politike

Perezida Ndayishimiye yikanze coup d’Etat asubika urugendo rw’i Paris igitaraganya 

2 Min Read
Politike

Gen Muhoozi yifurije Perezida Kagame isabukuru nziza

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?