BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Nov 4, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Umutekano > Fizi: Imitwe ibiri ya Wazalendo yasubiranyemo bane bahasiga ubuzima

Fizi: Imitwe ibiri ya Wazalendo yasubiranyemo bane bahasiga ubuzima

admin
Last updated: October 27, 2025 9:38 am
admin
Share
SHARE

Abagera kuri bane bamaze kuburira ubuzima mu mirwano yahuje Imitwe ibiri isanzwe mu ihuriro rya Wazalendo rifasha leta Kurwanya umutwe wa M23 mu burasirazuba bwa Repibulika iharanira demokarasi ya Congo.

Iyi mitwe ya Wazalendo iyobowe na Ngoma Nzito ndetse na Yakutumba ikomeje guhanganira mu bice bya Lulimba na Misisi muri teritwari ya Fizi muri Kivu y’Amajyepfo.

Amakuru aturuka mu miryango itegamiye kuri leta avuga ko uku gusubiranamo kwadutse mu midugudu yo mu murenge wa Ngandja bituma ibintu byinshi byangirika ndetse n’abaturage nagira ubwoba bwinshi.

Biravugwa ko intandaro y’iyi mirwano yaturutse ku cyemezo cy’abarwanyi ba Yakutumba cyo gusenya bariyeri zibangamiye abaturage zo muri aka gace ariko ntibabyumvikanaho n’ab’uruhande rwa Ngoma Nzito.

Umuyobozi wa teritwari ya Fizi Sammy Kalonji Badibanga, yemeje ko iki icyemezo cya Yakutumba n’abantu be aricyo cyateje imvururu zatumye nabimwe mu bikorwa bya buri munsi by’abaturage byahagaze ndetse n’ubuzima bw’aturage bane burahasigara.

 

 

 

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Barushimusi b’amahembe y’inzovu bacakiwe batarayagurisha ku mugabane wa Asia

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gucuruza amahembe…

Trump yahamije ko iminsi ya Maduro iri kubarirwa ku ntoki

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza…

Samia Suluhu agiye kurahirira kongera kuyobora Tanzania

Kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2025 Perezida watorewe kuyobora Tanzania Samia Suluhu…

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

Umuhuzabikora w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille…

Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gushaka kwiyomekaho Uburasirazuba bw’igihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi, Félix Antoine Tshisekedi, yongeye gukora u Rwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Umutekano

Gen Tshiwewe na bagenzi be babiri baba birukanwe mu gisirikare cya RDC?

1 Min Read
Umutekano

DRC: FARDC yongeye kwica agahenge ikoresheje Drones muri Walikare na Masisi

1 Min Read
Umutekano

Rutshuru: Wazalendo zagabye ibitero ku birindiro bya AFC/M23 muri Tongo

2 Min Read
Umutekano

DRC :Abajura bitwaje intwaro bahanganye na polisi i Kinshasa 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?