BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Nov 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Gakire “wari muri Guverinoma ya Padiri Nahimana” AFUNGIYE i Mageragere (AUDIO)

Gakire “wari muri Guverinoma ya Padiri Nahimana” AFUNGIYE i Mageragere (AUDIO)

admin
Last updated: December 12, 2022 6:50 pm
admin
Share
SHARE

Gakire Fidele wabaye Umunyamakuru mu Rwanda, nyuma akajya gutura i New York muri America, Urwego rw’Igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa rwabwiye UMUSEKE ko afungiye mu Rwanda.

Gakire Fidele ntiharamenyekana uburyo ki yageze mu Rwanda avuye muri America

Uyu Gakire Fidele ngo yari mu itsinda ryiyita Guverinoma ikorera mu buhungiro ikuriwe na Padiri Nahimana Thomas, wiyita Perezida wayo, naho uyu Gakire ngo yari Minisitiri w’Abakozi n’Umurimo.

Amakuru avuga ko uyu musore yari amaze amezi atatu aburiwe irengero aho yabaga muri America, ndetse ku mbuga nkoranyambaga byavugwaga ko “yaba yarashimuswe n’abantu batazwi”.

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa, SSP Pelly GAKWAYA UWERA yabwiye UMUSEKE ko Gakire Fidele ari mu Rwanda ndetse yakatiwe n’Urukiko gufungwa iminsi 30 by’agateganyo.

https://umuseke.rw/wp-content/uploads/2022/12/WhatsApp-Audio-2022-12-12-at-18.14.15-online-audio-converter.com-1.mp3

Ati “Afungiye ku igororero rya Nyarugenge, araregwa inyandiko mpimbano, ibindi byo kumbwira ngo yaburiwe irengero ibyo ntabyo nzi, ariko turamufite, mu bafungwa bacu dufite akatiye iminsi 30.”

Yavuze ko Gakire yakatiwe n’urukiko rwo mu Rwanda (ntabwo yaruvuze), akaba aregwa icyaha cy’inyandiko mpimbano.

Ati “Yaziye ku cyangombwa cy’urukiko cyemewe n’amategeko, aza gufungirwa ku igororero rya Nyarugenge.”

Bagenzi bacu ba IGIHE banditse kuri iyi nkuru babwiwe ko Gakire afungiye i Mageragere kuva ku wa 24 Ukwakira, 2022.

Gakire ni mwene Rutaremara Inyangerutayoberana, yavukiye ku musozi wa Kayogi, mu Mudugudu wa Nyarubuye, Akagari ka Nkakwa, umurenge wa Nyagisozi, mu Karere ka Nyaruguru, ava mu Rwanda akajya kuba muri America yabaga mu Karere ka Nyarugenge.

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
9 Comments
  • Z says:
    December 12, 2022 at 11:12 pm

    Nibatebukane na Nahimana

    Reply
  • Wisdom Jado says:
    December 13, 2022 at 12:24 am

    Ndi guseka pe!😄😄😄

    Mbega umubyeyi!!

    Reply
  • Jyewe says:
    December 13, 2022 at 8:53 am

    N’abandi bazaza, babe asanze Rusesabagina bakomeze polotike yabo.😎😎

    Reply
  • citoyen says:
    December 13, 2022 at 3:28 pm

    Ngo yari minisitiri w’abakozi ba leta? Iyihe leta ubwo? Cyakora ibisazi bitera kwinshi disi ubu wasanga koko yumva akanitwara nka minisitiri!

    Reply
  • Anonymous says:
    December 14, 2022 at 8:29 am

    Hhhhhh, It’s matter of time

    Reply
  • Anonymous says:
    December 14, 2022 at 8:29 am

    Hhhhhh, It’s matter of time

    Reply
  • Augustin says:
    December 15, 2022 at 10:37 am

    Batuzanire na Nahimana ninkotsi Mukankiko Sylvia

    Reply
  • irihose peter says:
    December 19, 2022 at 3:52 pm

    wenda reka twizereko na padiri angomba kubazwa ibye kd bitari cyera

    Reply
  • Bonabona says:
    December 21, 2022 at 6:48 am

    Walahi, abarwanya iyi Leta, mushatse mwajya muvuga ubundi mukihisha muri coffre fort.
    Ariko hagize utubwira uko uyu minisitiri yisamze i Mageragere

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe Ku wa 12

Ku wa 12Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye…

Hatahuwe abakekwaho kuyogoza sitasiyo za Lisansi hanatangazwa ayo bari bamaze kwiba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho…

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w'abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

1 Min Read
Ubutabera

Rubavu: Afungiwe guhisha amakuru y’ahari imibiri 7 y’Abatutsi se yishe muri Jenosideq

4 Min Read
Politike

Amb Col (Rtd) Ndamage yashyikirije Umwami wa Eswatini impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri iki gihugu.

1 Min Read
Politike

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?