BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Mar 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Ferwafa igiye kugirana ubufatanye n’ikipe yo mu Budage

Ferwafa igiye kugirana ubufatanye n’ikipe yo mu Budage

admin
Last updated: October 23, 2022 9:49 pm
admin
Share
SHARE

Perezida w’Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umupira w’amaguru, Nizeyimana Mugabo Olivier, yagiranye ibiganiro n’umuyobozi wa Mainz05 yo mu Cyiciro cya Mbere mu Budage, hagamijwe ubufatanye bwo kuzamura umupira w’u Rwanda.

Ferwafa yagiranye ibiganiro na Mainz05 yo mu Budage

Ni ibiganiro byabaye kuri iki Cyumweru tariki 23 Ukwakira 2022.

Ibicishije ku mbuga nkoranyambaga zayo, Ferwafa yatangaje ko Perezida w’iri shyirahamwe ari kumwe n’uwa Mainz05, Stephan Hofmann, bagiranye ibiganiro bigamije ubufatanye bwo guteza imbere umupira w’amaguru mu Rwanda.

Mu byo iri shyirahamwe ryavuze, harimo iterambere rya ruhago mu Rwanda ariko biciye mu burezi, no kongerera ubumenyi abatoza.

Iyi kipe ya Mainz05, izwiho kuba yarazamuye amazina y’abatoza barimo Klopp utoza Liverpool ubu na Thomas Tuchel udafite akazi.

Perezida wa Ferwafa, Nizeyimana Mugabo Olivier yahuye n’uwa Mainz05, Stephan baganira ku bufatanye buteganywa

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
Imikino

Itamar Einhorn ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?