BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Dec 15, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Ferwafa igiye kugirana ubufatanye n’ikipe yo mu Budage

Ferwafa igiye kugirana ubufatanye n’ikipe yo mu Budage

admin
Last updated: October 23, 2022 9:49 pm
admin
Share
SHARE

Perezida w’Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umupira w’amaguru, Nizeyimana Mugabo Olivier, yagiranye ibiganiro n’umuyobozi wa Mainz05 yo mu Cyiciro cya Mbere mu Budage, hagamijwe ubufatanye bwo kuzamura umupira w’u Rwanda.

Ferwafa yagiranye ibiganiro na Mainz05 yo mu Budage

Ni ibiganiro byabaye kuri iki Cyumweru tariki 23 Ukwakira 2022.

Ibicishije ku mbuga nkoranyambaga zayo, Ferwafa yatangaje ko Perezida w’iri shyirahamwe ari kumwe n’uwa Mainz05, Stephan Hofmann, bagiranye ibiganiro bigamije ubufatanye bwo guteza imbere umupira w’amaguru mu Rwanda.

Mu byo iri shyirahamwe ryavuze, harimo iterambere rya ruhago mu Rwanda ariko biciye mu burezi, no kongerera ubumenyi abatoza.

Iyi kipe ya Mainz05, izwiho kuba yarazamuye amazina y’abatoza barimo Klopp utoza Liverpool ubu na Thomas Tuchel udafite akazi.

Perezida wa Ferwafa, Nizeyimana Mugabo Olivier yahuye n’uwa Mainz05, Stephan baganira ku bufatanye buteganywa

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

2 Min Read
Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?