BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Jun 6, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Edgar wabaye perezida wa Zambia yitabye Imana ku myaka 68

Edgar wabaye perezida wa Zambia yitabye Imana ku myaka 68

sam
Last updated: June 5, 2025 2:53 pm
sam
Share
SHARE

Edgar Chagwa Lungu wabaye Perezida wa Zambia kuva muri Mutarama 2015 kugeza muri Kanama 2021 yitabye Imana aguye mu bitaro muri Afurika y’Epfo aho yahabwaga ubuvuzi bwihariye.

Amakuru y’urupfu rwa Edgar Lungu w’imyaka 68, yemejwe n’umukobwa we Tasila Lungu Mwansa, avuga ko umubyeyi we yaguye mu bitaro Medforum Clinic mu gitondo cyo kuri uyu Kane tariki 5 Kamena 2025.

Umukobwa we mu butumwa bukubiye muri video yashyize ku mbuga nkoranyambaga, yagize ati: “Data mu byumweru bishize yahabwaga ubuvuzi bwihariye.” Gusa kugeza ubu ntabwo haratangazwa icyamuhitanye.

Edgar Lungu nyuma yo gutsindwa mu matora ya 2021, yafashe umwanzuro wo kuva muri politiki, gusa ayisubiramo mu 2023, anateguza ko aziyamamaza mu matora y’Umukuru w’Igihugu azaba mu 2026.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Billy Joel yahishuye ko yagerageje kwiyahura inshuro ebyiri

Umuririmbyi w’Umunyamerika Billy Joel, wamamaye mu bihangano bikomeye byagiye bivugwa cyane ku…

U Burusiya bwagabye igitero cya drones i Kyiv gihitana bane

U Burusiya bwagabye igitero cy’indege zitagira abapilote (drones) hirya no hino muri…

Inzira zabyaye amahari hagati ya perezida Trump n’umuherwe Elon Musk

Hari intambara ikomeye hagati y'umuntu wa mbere utunze kurusha abandi kw'isi n'umunyaporitike…

Umuriro watse hagati y’u Burusiya n’u Bwongereza

Ambasaderi w’u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu uruhare mu bitero bya…

Martin Fayulu yahuye na perezida Tshisekedi amusaba ibiganiro n’Abakongomani

Kuri uyu wa Kane tariki 5 Kamena , Martin Fayulu utavuga rumwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Abasirikare ba RDC babujijwe gushaka bataramaramo imyaka irindwi

2 Min Read
Mu mahanga

Tanzania yafunze urubuga rwa X irushinja gukwirakwiza amashusho y’ubusambanyi

1 Min Read
Mu mahanga

Tanzania yafunze itorero rya Pantekote ryamaganye ishimutwa ry’abantu

2 Min Read
Mu mahanga

DRC: Minisitiri w’ubutabera yavuye kwizima yitaba ubushinjacyaha

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?