BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Nov 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Dr. Rutunga woherejwe n’Ubuholandi urubanza rwe ntirwabaye

Dr. Rutunga woherejwe n’Ubuholandi urubanza rwe ntirwabaye

admin
Last updated: November 15, 2022 3:04 pm
admin
Share
SHARE

Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka ruri i Nyanza mu Majyepfo y’u Rwanda, rwasubitse urubanza Dr. Rutunga Venant uregwa n’ubushinjacyaha ibyaha bya jenoside.

Dr Rutunga Venant ahakana ibyaha aregwa

Byari biteganyijwe ko urubanza Dr. Rutunga Venant wahoze ari umuyobozi mu kigo cy’ubushakashatsi mu buhinzi (ISAR Rubona) ubu yabaye RAB iri mu karere ka Huye ko akomeza kuburana mu gihe cy’iminsi ibiri y’ikurikiranya ariyo taliki 14 na 15 Ugushyingo 2022 ariko urubanza rwe ntirwabaye.

Umunyamakuru wa UMUSEKE wageze ku rukiko saa mbiri za mu gitondo yasanze imiryango y’urukiko ifunze nta muntu urimo.

Ubwanditsi bw’urukiko bwavuze bwamubwiye ko iburanisha ryasubitswe kuko hari bamwe mu bacamanza bagize inteko imuburanisha bagiye mu mahugurwa.

Igihe uyu musaza w’imyaka 73 azongera kuburana ntikiramenyekana.

Dr. Rutunga yoherejwe mu Rwanda n’igihugu cy’Ubuholandi, Ubushinjacyaha bumurega ibyaha bitatu aribyo icya jenoside, ubufatanyacyaha muri jenoside no kurimbura nk’icyaha kibasiye inyokomuntu.

Ubushinjacyaha buvuga ko ibyo yabikore mu kigo yayoboraga no mu nkengero zacyo.

We aburana ahakana ibi byaha byose, abamwunganira barimo Me SEBAZIGA Sophonia na Me Ntazika Nehemia basaba ko umukiliya wabo yagirwa umwe.

Théogène NSHIMIYIMANA
UMUSEKE.RW i Nyanza

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe Ku wa 12

Ku wa 12Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye…

Hatahuwe abakekwaho kuyogoza sitasiyo za Lisansi hanatangazwa ayo bari bamaze kwiba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho…

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w'abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

1 Min Read
Ubutabera

Rubavu: Afungiwe guhisha amakuru y’ahari imibiri 7 y’Abatutsi se yishe muri Jenosideq

4 Min Read
Politike

Amb Col (Rtd) Ndamage yashyikirije Umwami wa Eswatini impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri iki gihugu.

1 Min Read
Politike

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?