BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Mar 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Djabel yasabye Adil n’Abanyarwanda imbabazi z’amagambo yavuze

Djabel yasabye Adil n’Abanyarwanda imbabazi z’amagambo yavuze

admin
Last updated: October 14, 2022 11:34 pm
admin
Share
SHARE

Kapiteni wa APR FC, Manishimwe Djabel abicishije ku mbuga nkoranyambaga ze, yemeye ko yakoze amakosa ubwo yasubizanyaga n’umutoza we, Adil Erradi Muhammed, amusaba imbabazi.

Manishimwe Djabel yasabye Adil imbabazi

Kuwa Gatatu tariki 12 Ukwakira 2022, nibwo ikipe y’Ingabo yatsinze Marines FC ibitego 2-0 mu mukino w’umunsi wa Gatanu wa shampiyona wabereye kuri stade ya Kigali.

Nyuma y’uyu mukino, umutoza mukuru wa APR FC, Adil Erradi Muhammed yatangaje ko atiteguye gukoresha abakinnyi badashaka kwitangira ikipe harimo na Manishimwe Djabel usanzwe ari kapiteni w’ikipe.

Nyuma y’amagambo Adil yavuze, Djabel yahise ajya mu Itangazamakuru aramusubiza amwibutsa ko mu myaka itatu amaze muri APR FC ari we mukinnyi wamutsindiye ibitego byinshi [18] anatanga imipira myinshi yavuyemo ibitego [19].

Gusa nyuma y’uku guterana amagambo ku mpande zombi, uyu kapiteni wa APR FC yahise ajya ku mbuga nkoranyambaga ze asaba uyu mutoza imbabazi ndetse n’Imana n’Abanyarwanda muri rusange.

Ibi Djabel yabyanditse akoresheje ururimi rw’icyongereza, abinyuza ku rukuta rwe rwa Instagram. Ugenerekereje ibyo yashakaga kuvuga, ni uko yasabaga imbabazi uyu mutoza ariko bikarenga aho akazisaba Abanyarwanda n’Imana.

Ati “Ndatekereza ko nakosheje nkifuza kwisegura kuri Adil. Ibyo nakoze si ubunyamwuga. Nk’umusilamu ndasaba imbabazi kuri Allah. Mwese mumbabarire nari natakaje rutangira. Sinzasubira no kubirota.”

Kuva uyu mwaka w’imikino watangira, ntabwo uyu mukinnyi yagiye abona umwanya ubanzamo nk’uko byari bisanzwe, ari naho havuye urunturuntu hagati ye n’umutoza we.

Djabel na Adil basanzwe ari inshuti z’akadasohoka [Ifoto/Rwandamagazine]
UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
Imikino

Itamar Einhorn ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

1 Min Read
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Djabel yasabye Adil n’Abanyarwanda imbabazi z’amagambo yavuze

Djabel yasabye Adil n’Abanyarwanda imbabazi z’amagambo yavuze

admin
Last updated: October 14, 2022 11:34 pm
admin
Share
SHARE

Kapiteni wa APR FC, Manishimwe Djabel abicishije ku mbuga nkoranyambaga ze, yemeye ko yakoze amakosa ubwo yasubizanyaga n’umutoza we, Adil Erradi Muhammed, amusaba imbabazi.

Manishimwe Djabel yasabye Adil imbabazi

Kuwa Gatatu tariki 12 Ukwakira 2022, nibwo ikipe y’Ingabo yatsinze Marines FC ibitego 2-0 mu mukino w’umunsi wa Gatanu wa shampiyona wabereye kuri stade ya Kigali.

Nyuma y’uyu mukino, umutoza mukuru wa APR FC, Adil Erradi Muhammed yatangaje ko atiteguye gukoresha abakinnyi badashaka kwitangira ikipe harimo na Manishimwe Djabel usanzwe ari kapiteni w’ikipe.

Nyuma y’amagambo Adil yavuze, Djabel yahise ajya mu Itangazamakuru aramusubiza amwibutsa ko mu myaka itatu amaze muri APR FC ari we mukinnyi wamutsindiye ibitego byinshi [18] anatanga imipira myinshi yavuyemo ibitego [19].

Gusa nyuma y’uku guterana amagambo ku mpande zombi, uyu kapiteni wa APR FC yahise ajya ku mbuga nkoranyambaga ze asaba uyu mutoza imbabazi ndetse n’Imana n’Abanyarwanda muri rusange.

Ibi Djabel yabyanditse akoresheje ururimi rw’icyongereza, abinyuza ku rukuta rwe rwa Instagram. Ugenerekereje ibyo yashakaga kuvuga, ni uko yasabaga imbabazi uyu mutoza ariko bikarenga aho akazisaba Abanyarwanda n’Imana.

Ati “Ndatekereza ko nakosheje nkifuza kwisegura kuri Adil. Ibyo nakoze si ubunyamwuga. Nk’umusilamu ndasaba imbabazi kuri Allah. Mwese mumbabarire nari natakaje rutangira. Sinzasubira no kubirota.”

Kuva uyu mwaka w’imikino watangira, ntabwo uyu mukinnyi yagiye abona umwanya ubanzamo nk’uko byari bisanzwe, ari naho havuye urunturuntu hagati ye n’umutoza we.

Djabel na Adil basanzwe ari inshuti z’akadasohoka [Ifoto/Rwandamagazine]
UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Camarade ari mu mazi abira nyuma yo gutangariza perezida wa Gorilla FC

3 Min Read
Imikino

RSSB Tigers BBC yegukanye FERWABA Super Cup 2026 ihigitse APR BBC

2 Min Read
Imikino

APR FC yatsinze Gasogi United yakinaga nk’ikipe y’abato

3 Min Read
Imikino

Etincelles FC yahagaritse abatoza bayo kubera umusaruro muke

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?