BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Nov 14, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Djabel yasabye Adil n’Abanyarwanda imbabazi z’amagambo yavuze

Djabel yasabye Adil n’Abanyarwanda imbabazi z’amagambo yavuze

admin
Last updated: October 14, 2022 11:34 pm
admin
Share
SHARE

Kapiteni wa APR FC, Manishimwe Djabel abicishije ku mbuga nkoranyambaga ze, yemeye ko yakoze amakosa ubwo yasubizanyaga n’umutoza we, Adil Erradi Muhammed, amusaba imbabazi.

Manishimwe Djabel yasabye Adil imbabazi

Kuwa Gatatu tariki 12 Ukwakira 2022, nibwo ikipe y’Ingabo yatsinze Marines FC ibitego 2-0 mu mukino w’umunsi wa Gatanu wa shampiyona wabereye kuri stade ya Kigali.

Nyuma y’uyu mukino, umutoza mukuru wa APR FC, Adil Erradi Muhammed yatangaje ko atiteguye gukoresha abakinnyi badashaka kwitangira ikipe harimo na Manishimwe Djabel usanzwe ari kapiteni w’ikipe.

Nyuma y’amagambo Adil yavuze, Djabel yahise ajya mu Itangazamakuru aramusubiza amwibutsa ko mu myaka itatu amaze muri APR FC ari we mukinnyi wamutsindiye ibitego byinshi [18] anatanga imipira myinshi yavuyemo ibitego [19].

Gusa nyuma y’uku guterana amagambo ku mpande zombi, uyu kapiteni wa APR FC yahise ajya ku mbuga nkoranyambaga ze asaba uyu mutoza imbabazi ndetse n’Imana n’Abanyarwanda muri rusange.

Ibi Djabel yabyanditse akoresheje ururimi rw’icyongereza, abinyuza ku rukuta rwe rwa Instagram. Ugenerekereje ibyo yashakaga kuvuga, ni uko yasabaga imbabazi uyu mutoza ariko bikarenga aho akazisaba Abanyarwanda n’Imana.

Ati “Ndatekereza ko nakosheje nkifuza kwisegura kuri Adil. Ibyo nakoze si ubunyamwuga. Nk’umusilamu ndasaba imbabazi kuri Allah. Mwese mumbabarire nari natakaje rutangira. Sinzasubira no kubirota.”

Kuva uyu mwaka w’imikino watangira, ntabwo uyu mukinnyi yagiye abona umwanya ubanzamo nk’uko byari bisanzwe, ari naho havuye urunturuntu hagati ye n’umutoza we.

Djabel na Adil basanzwe ari inshuti z’akadasohoka [Ifoto/Rwandamagazine]
UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe Ku wa 12

Ku wa 12Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye…

Hatahuwe abakekwaho kuyogoza sitasiyo za Lisansi hanatangazwa ayo bari bamaze kwiba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho…

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w'abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
Imikino

Hoteli ya FERWAFA yatangiye gukora nyuma y’imyaka irenga 10 yubakwa

1 Min Read
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Djabel yasabye Adil n’Abanyarwanda imbabazi z’amagambo yavuze

Djabel yasabye Adil n’Abanyarwanda imbabazi z’amagambo yavuze

admin
Last updated: October 14, 2022 11:34 pm
admin
Share
SHARE

Kapiteni wa APR FC, Manishimwe Djabel abicishije ku mbuga nkoranyambaga ze, yemeye ko yakoze amakosa ubwo yasubizanyaga n’umutoza we, Adil Erradi Muhammed, amusaba imbabazi.

Manishimwe Djabel yasabye Adil imbabazi

Kuwa Gatatu tariki 12 Ukwakira 2022, nibwo ikipe y’Ingabo yatsinze Marines FC ibitego 2-0 mu mukino w’umunsi wa Gatanu wa shampiyona wabereye kuri stade ya Kigali.

Nyuma y’uyu mukino, umutoza mukuru wa APR FC, Adil Erradi Muhammed yatangaje ko atiteguye gukoresha abakinnyi badashaka kwitangira ikipe harimo na Manishimwe Djabel usanzwe ari kapiteni w’ikipe.

Nyuma y’amagambo Adil yavuze, Djabel yahise ajya mu Itangazamakuru aramusubiza amwibutsa ko mu myaka itatu amaze muri APR FC ari we mukinnyi wamutsindiye ibitego byinshi [18] anatanga imipira myinshi yavuyemo ibitego [19].

Gusa nyuma y’uku guterana amagambo ku mpande zombi, uyu kapiteni wa APR FC yahise ajya ku mbuga nkoranyambaga ze asaba uyu mutoza imbabazi ndetse n’Imana n’Abanyarwanda muri rusange.

Ibi Djabel yabyanditse akoresheje ururimi rw’icyongereza, abinyuza ku rukuta rwe rwa Instagram. Ugenerekereje ibyo yashakaga kuvuga, ni uko yasabaga imbabazi uyu mutoza ariko bikarenga aho akazisaba Abanyarwanda n’Imana.

Ati “Ndatekereza ko nakosheje nkifuza kwisegura kuri Adil. Ibyo nakoze si ubunyamwuga. Nk’umusilamu ndasaba imbabazi kuri Allah. Mwese mumbabarire nari natakaje rutangira. Sinzasubira no kubirota.”

Kuva uyu mwaka w’imikino watangira, ntabwo uyu mukinnyi yagiye abona umwanya ubanzamo nk’uko byari bisanzwe, ari naho havuye urunturuntu hagati ye n’umutoza we.

Djabel na Adil basanzwe ari inshuti z’akadasohoka [Ifoto/Rwandamagazine]
UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe Ku wa 12

Ku wa 12Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye…

Hatahuwe abakekwaho kuyogoza sitasiyo za Lisansi hanatangazwa ayo bari bamaze kwiba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho…

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w'abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

El Ahli S.C Wad Madani yaritegerejwe mu Rwanda ntikije 

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yanze ubusabe bwa APR n’Amagaju ataranyuzwe n’imisifurire

2 Min Read
Imikino

Abakinnyi b’Amavubi bagiye kwishyurwa amadeni mbere yo guhura na Nigeria

2 Min Read
Imikino

APR Fc yongeye gutombora Pyramide Fc muri CAF Champions League

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?