BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Dec 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Djabel yasabye Adil n’Abanyarwanda imbabazi z’amagambo yavuze

Djabel yasabye Adil n’Abanyarwanda imbabazi z’amagambo yavuze

admin
Last updated: October 14, 2022 11:34 pm
admin
Share
SHARE

Kapiteni wa APR FC, Manishimwe Djabel abicishije ku mbuga nkoranyambaga ze, yemeye ko yakoze amakosa ubwo yasubizanyaga n’umutoza we, Adil Erradi Muhammed, amusaba imbabazi.

Manishimwe Djabel yasabye Adil imbabazi

Kuwa Gatatu tariki 12 Ukwakira 2022, nibwo ikipe y’Ingabo yatsinze Marines FC ibitego 2-0 mu mukino w’umunsi wa Gatanu wa shampiyona wabereye kuri stade ya Kigali.

Nyuma y’uyu mukino, umutoza mukuru wa APR FC, Adil Erradi Muhammed yatangaje ko atiteguye gukoresha abakinnyi badashaka kwitangira ikipe harimo na Manishimwe Djabel usanzwe ari kapiteni w’ikipe.

Nyuma y’amagambo Adil yavuze, Djabel yahise ajya mu Itangazamakuru aramusubiza amwibutsa ko mu myaka itatu amaze muri APR FC ari we mukinnyi wamutsindiye ibitego byinshi [18] anatanga imipira myinshi yavuyemo ibitego [19].

Gusa nyuma y’uku guterana amagambo ku mpande zombi, uyu kapiteni wa APR FC yahise ajya ku mbuga nkoranyambaga ze asaba uyu mutoza imbabazi ndetse n’Imana n’Abanyarwanda muri rusange.

Ibi Djabel yabyanditse akoresheje ururimi rw’icyongereza, abinyuza ku rukuta rwe rwa Instagram. Ugenerekereje ibyo yashakaga kuvuga, ni uko yasabaga imbabazi uyu mutoza ariko bikarenga aho akazisaba Abanyarwanda n’Imana.

Ati “Ndatekereza ko nakosheje nkifuza kwisegura kuri Adil. Ibyo nakoze si ubunyamwuga. Nk’umusilamu ndasaba imbabazi kuri Allah. Mwese mumbabarire nari natakaje rutangira. Sinzasubira no kubirota.”

Kuva uyu mwaka w’imikino watangira, ntabwo uyu mukinnyi yagiye abona umwanya ubanzamo nk’uko byari bisanzwe, ari naho havuye urunturuntu hagati ye n’umutoza we.

Djabel na Adil basanzwe ari inshuti z’akadasohoka [Ifoto/Rwandamagazine]
UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Djabel yasabye Adil n’Abanyarwanda imbabazi z’amagambo yavuze

Djabel yasabye Adil n’Abanyarwanda imbabazi z’amagambo yavuze

admin
Last updated: October 14, 2022 11:34 pm
admin
Share
SHARE

Kapiteni wa APR FC, Manishimwe Djabel abicishije ku mbuga nkoranyambaga ze, yemeye ko yakoze amakosa ubwo yasubizanyaga n’umutoza we, Adil Erradi Muhammed, amusaba imbabazi.

Manishimwe Djabel yasabye Adil imbabazi

Kuwa Gatatu tariki 12 Ukwakira 2022, nibwo ikipe y’Ingabo yatsinze Marines FC ibitego 2-0 mu mukino w’umunsi wa Gatanu wa shampiyona wabereye kuri stade ya Kigali.

Nyuma y’uyu mukino, umutoza mukuru wa APR FC, Adil Erradi Muhammed yatangaje ko atiteguye gukoresha abakinnyi badashaka kwitangira ikipe harimo na Manishimwe Djabel usanzwe ari kapiteni w’ikipe.

Nyuma y’amagambo Adil yavuze, Djabel yahise ajya mu Itangazamakuru aramusubiza amwibutsa ko mu myaka itatu amaze muri APR FC ari we mukinnyi wamutsindiye ibitego byinshi [18] anatanga imipira myinshi yavuyemo ibitego [19].

Gusa nyuma y’uku guterana amagambo ku mpande zombi, uyu kapiteni wa APR FC yahise ajya ku mbuga nkoranyambaga ze asaba uyu mutoza imbabazi ndetse n’Imana n’Abanyarwanda muri rusange.

Ibi Djabel yabyanditse akoresheje ururimi rw’icyongereza, abinyuza ku rukuta rwe rwa Instagram. Ugenerekereje ibyo yashakaga kuvuga, ni uko yasabaga imbabazi uyu mutoza ariko bikarenga aho akazisaba Abanyarwanda n’Imana.

Ati “Ndatekereza ko nakosheje nkifuza kwisegura kuri Adil. Ibyo nakoze si ubunyamwuga. Nk’umusilamu ndasaba imbabazi kuri Allah. Mwese mumbabarire nari natakaje rutangira. Sinzasubira no kubirota.”

Kuva uyu mwaka w’imikino watangira, ntabwo uyu mukinnyi yagiye abona umwanya ubanzamo nk’uko byari bisanzwe, ari naho havuye urunturuntu hagati ye n’umutoza we.

Djabel na Adil basanzwe ari inshuti z’akadasohoka [Ifoto/Rwandamagazine]
UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Hoteli ya FERWAFA yatangiye gukora nyuma y’imyaka irenga 10 yubakwa

1 Min Read
Imikino

El Ahli S.C Wad Madani yaritegerejwe mu Rwanda ntikije 

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yanze ubusabe bwa APR n’Amagaju ataranyuzwe n’imisifurire

2 Min Read
Imikino

Abakinnyi b’Amavubi bagiye kwishyurwa amadeni mbere yo guhura na Nigeria

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?