BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Nov 12, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Dj Brianne yarokotse urupfu mu Budage ahashwanira na Social Mula

Dj Brianne yarokotse urupfu mu Budage ahashwanira na Social Mula

admin
Last updated: January 2, 2023 2:56 pm
admin
Share
SHARE

Dj Brianne uvanga imiziki yatangajeko yahuye n’ibibazo bikomeye ubwo yajyaga mu Budage arikumwe n’umuhanzi Social Mula avuga ko atifuza kuzongera guhurira nawe mu bindi bikorwa byose.

Dj Brianne avuga ko atifuza kuzongera guhura na Social Mulla

Social Mula na Brianne bagiye ku mugabane w’Iburayi mu gitaramo bari batumiwemo na Company yitwa Nad Progress cyagombaga kuba mu ijoro risoza umwaka.

Social Mula yari yagiye mu kimbo cya Kenny Sol wari mu bindi bitaramo.

Dj Brianne abinyujije ku rubuga rwe rwa Twitter yavuze agahinda yahuye nako muri icyo gihugu bitewe nabo bari bajyanye.

Yagize ati “Mwabantu mwe iri joro ryambereye ribi ariko Imana iracyamfiteho umugambi. Mu marira menshi n’agahinda nandikanye ibi Imana izambabarire sinzagire ibindi bintu nongera guhuriramo na Social Mula.”

“Naho ibyi company ya Nad Progress yadutumiye muri Germany hari abantu bagifite ubugome ku buryo no kuguhitana babishoboye babikora. Ibyabo nzabibabwira hatavuyemo na kimwe.”

Akomeza avuga ijoro ryo kuya 31 ryamubereye ribi ku buryo azapfa atanaryibagiwe.

Ati “Mwa bantu mwe iyo hatabaho Imana ikidushyizeho amaboko ngo ngire King Pazzo wamfashije izina Brianne mwari kuzumva ngo narabuze cyangwa narapfuye. Aho ndi simpazi gusa nimubona ibi ndaba ndi muzima gusa Imana indinde irya none ibindi nzaba mbibabwira nyuma.”

Dj Brianne ntabwo aragaruka mu Rwanda na Social Mula bajyanye I Burayi ntacyo aratangaza kubyo uyu mugore uvanga imiziki yamuvuzeho.

Mwabantu mwe iri joro ryambereye ribi ariko Imana iracyamfiteho umugambi.

🙏🙏😭😭😭😭😭

Umwaka mushya muhire nshuti🙏🙏 pic.twitter.com/VXQt8L5QFt

— DeejayBrianne (@BrianneDeejay) January 1, 2023

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • Karabaye says:
    January 3, 2023 at 3:36 pm

    Uyu arashaka kuvugwa muru uyu mwaka dutwike Kabisa.

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Umugore n’umuhungu b’uwabaye Perezida wa Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20

Urukiko rwihariye rw’ibyaha bikomeye muri Gabon, rwahamije Sylvia Bongo Ondimba, umugore wa…

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, yakiriwe na Perezida wa Angola,…

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

Ikipe ya Rayon Sports yashyizwe ku rutonde rw’amakipe atemerewe kwandikisha abakinnyi muri…

Perezida Kagame yageze muri Guinée-Conakry

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Perezida Kagame yageze muri Guinea-…

U Rwanda rwakiriye abarwanyi ba FDLR 7 bari mu mashyamba ya RDC

Abarwanyi 7 b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ugizwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Umusizi Saranda ari mu gahinda ko gupfusha mama we

1 Min Read
Imyidagaduro

Suède: Element agiye guhurira mu gitaramo na Kizz Daniel

1 Min Read
Imyidagaduro

Diddy yafatiweho icyuma muri gereza hafi yo kwicwa

1 Min Read
Imyidagaduro

Umuramyi Josh yatomagije umugore we amwifuriza isabukuru nziza 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?