BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Feb 10, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Cristiano Ronaldo yisanze agomba kugaruka i Manchester

Cristiano Ronaldo yisanze agomba kugaruka i Manchester

admin
Last updated: July 27, 2022 12:27 pm
admin
Share
SHARE

Kuva ikipe ya Manchester United yatangira gutegura umwaka utaha w’imikino 2022/2023, Cristiano Ronaldo ntabwo yigeze ajyana n’iyi kipe mu bihugu yakiniyemo imikino itandukanye ya gicuti.

CR7 yagarutse mu Bwongereza gukomeza akazi

Uyu munya-Portugal w’imyaka 37, yavuzwe mu makipe arimo Bayern Munich, Chelsea, PSG n’izindi zifite itike yo kuzakina amarushanwa ahuza amakipe yabaye aya Mbere iwayo, Uefa Champions League.

Amakipe yose uyu rutahizamu yavuzwemo, nta n’imwe yigeze igaragaza ubushake bwo kumugura, cyane ko iyo bigeze ku mishahara uyu mukinnyi ahita ahenda.

Ibinyamakuru byo ku Mugabane w’i Burayi biravuga ko uyu rutahizamu agomba kubanza kuganira n’umutoza mukuru wa Manchester United, Erik ten Hag ku hazaza he muri iyi kipe idashaka kumugurisha.

Cristiano yabuze ayo acira nayo amira

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Uganda: Bane bafunzwe bazira kwiyitirira umukobwa wa Museveni

Polisi ya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi abantu bane bakekwaho kwiyitirira…

Byemejwe ko ingabo za Afurika y’Epfo zose zari muri Congo muri MONUSCO zigiye gutaha

Ubuyobozi bw’Ingabo ziri mu Butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira…

Umwe mu bayobozi bakuru ba MONUSCO yageze i Kishasa

Umunyamabanga mukuru wungirije wa ONU ushinzwe ibikorwa by’ingabo zo kubungabunga amahoro muri…

U Bufaransa; Urubanza rw’impanga zikekwaho ubwicanyi rwabaye ingorabahizi

Impanga zisa ndetse zihuje n'ibimenyetso ndangasano (DNA) zirakekwaho ubwicanyi bwakorewe abantu babiri…

AFC/M23 yashinje Komisiyo ya AU gushyigikira abagizi ba nabi

Ihuriro AFC/M23 ryashinje Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gushyigikira ubugizi bwa…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

RSSB Tigers BBC yegukanye FERWABA Super Cup 2026 ihigitse APR BBC

2 Min Read
Imikino

APR FC yatsinze Gasogi United yakinaga nk’ikipe y’abato

3 Min Read
Imikino

Etincelles FC yahagaritse abatoza bayo kubera umusaruro muke

1 Min Read
Imikino

Bizimana Djihad yasezeye Al Ahli SC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?