BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Mar 23, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Colombia: Indege yarimo abasirikare 100 yahanutse

Colombia: Indege yarimo abasirikare 100 yahanutse

admin
Last updated: March 23, 2026 8:52 pm
admin
Share
SHARE

Indege y’ingabo zirwanira mu kirere yarimo abasirikare babarirwa hagati ya 80 na 100 yahanutse ubwo yari mu majyepfo y’igihugu, hafi y’umupaka wa Peru

Umwe mu bayobozi b’inabo muri Colombia yabwiye AFP ko iyi ndege yari itwaye abasirikare babarirwa muri 80. Ibitangazamakuru by’imbere mu gihugu byatangaje ko ubwo iyi ndege yakoraga impanuka yari itwaye abarenga 100.

Indege yahanutse igeze mu Mujyi wa Puerto Leguízamo mu ntara ya Putumayo.

BBC yanditse ko abashinzwe ubutabazi boherejwe aho impanuka yabereye barokora abantu 57 bakiri bazima.

Minisitiri w’Ingabo wa Colombia Pedro Sánchez yavuze ko indege yakoze impanuka ikomeye ariko hatatamenyekana abayiguyemo.

Perezida wa Colombia, Gustavo Petro yatangaje ko yizeye ko nta bantu bapfira muri iyi mpanuka ariko anahamya ko azakora ibishoboka ntihagire ubuzima bw’abana b’igihugu bongera kugwa mu mpanuka itagombaga kubaho.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Iran yahakanye yivuye inyuma iby’ibiganiro na Amerika byo kurangiza intambara

Minisiteri y'ububanyi n'amahanga ya Iran irahakana ko hari ibiganiro hagati ya Tehran…

Igisubizo Kabila yatanze abajijwe niba atabona ko ari ikibazo kuba aba ahari icyicaro cya AFC/M23

Joseph Kabila wigeze kuba Perezida wa DRC, avuga ko kuba ari i…

Perezida Kagame yabajije Abayobozi barya ruswa impamvu bigereranya n’ikibi

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yabajije Abayobozi mu nzego zitandukanye…

Colombia: Indege yarimo abasirikare 100 yahanutse

Indege y’ingabo zirwanira mu kirere yarimo abasirikare babarirwa hagati ya 80 na…

Trump yaciye amarenga yo guhagarika ibitero kuri Iran vuba

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yaciye amarenga ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

M23 yateye utwatsi ibyo kuvana ingabo i Bukavu

1 Min Read
Mu mahanga

RDC: ADF yishe abantu 50 mu cyumweru kimwe

1 Min Read
Mu mahanga

Kenya: Abakora mu by’indege bateguje indi myigaragambyo

1 Min Read
Mu mahanga

Sudan: RSF yishe abarenga 17, isiga abarenga 120 bakomeretse

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?