BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Feb 25, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru zindi > Christian Malanga wayoboye igitero cyo guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi ni muntu ki?

Christian Malanga wayoboye igitero cyo guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi ni muntu ki?

Patrick Maisha
Last updated: May 20, 2024 9:08 am
Patrick Maisha
Share
SHARE

Christian Malanga Musumari , ukomeje kwibazwaho n’ibitangazamakuru bitandukanye wagaragaweho ko ari we wari uyoboye igitero cyo guhirika ubutegetsi bwa perezida wa Congo Tshisekedi, cyabaye mu rukerera rwo ku cyumweru tariki 19 Gicurasi 2024.

Christian Malanga Musumari ni umunye-Congo wavutse tariki 2 Gashyantare 1983, yahoze ari Kapiteni mu ngabo za Rebuburika iharanira Demokarasi ya Congo.

Christian Malanga Musumari kuri ubu wabaga muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu mwaka wa 2010 yashinze ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Congo UCP (United Congolese party) .

Muri 2017 yashinze icyo yise leta y’ubuhungiro ifite icyicaro mu Bubiligi.

Mu mwaka wa 2011 Malanga yatawe muri yombi ubwo shakaga kwiyamamariza umwanya w’umudepite binyuze mu ishyaka rye UCP.

Kuri ubu amakuru aturuka ku mashusho yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga ya bamwe mu bagabye iki gitero cyo guhirika ubutegetsi bwa Congo agaragaza baryamye hasi harimo abapfuye, bivugwa ko na Christian Malanga Musumari yaba abari muri abo bapfuye.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

MONUSCO na ICGLR byagiye gusuzuma uko umutekano uhagaze muri Uvira

Itsinda rihuriweho rihagarariye ubutumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya…

Itamar Einhorn ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

Agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026 kegukanywe n’Umunya-Israel witwa Itamar…

Tour du Rwanda: Impanuka ikomeye yahitanye abantu babiri abandi batandatu barakomereka

Irushanwa mpuzamahanga ry’amagare rya Tour du Rwanda 2026 ryatangiye kuri iki Cyumweru,…

Indege 50 za Amerika zerekeje mu Burasirazuba bwo Hagati hakekwa intambara ikomeye

Indege 53 zirimo iz’intambara zagaragaye mu kirere kigana mu Burasirazuba bwo Hagati…

Zimbabwe: Abaturage batangiye gukingirwa umuti urinda SIDA

Igihugu cya Zimbabwe cyatangiye gukingira abaturage umuti wa Lenacapavir ubarinda kwandura agakoko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Inkuru zindi

DRC : Umusirikare wa FARDC yasabiwe igihano cy’imyaka 10 azira amafoto yasakaye ku karubanda asomana n’umukunzi we

2 Min Read
Inkuru zindi

RDC: Imiryango y’ababuriye ababo mu mpanuka y’ubwato yigaragambije

2 Min Read
Inkuru zindi

DRC: Perezida Tshisekedi yategetse iperereza ku mpanuka y’ubwato

2 Min Read
Inkuru zindi

Barafinda Sekikubo yongeye gutanga kandidatire ku mwanya wa perezida

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?