BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, May 21, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > CENCO yanenze leta ya Kinshasa gufunga bank n’ibibuga by’indege mu bice AFC/M23 igenzura

CENCO yanenze leta ya Kinshasa gufunga bank n’ibibuga by’indege mu bice AFC/M23 igenzura

sam
Last updated: May 19, 2025 8:11 am
sam
Share
SHARE

Inama nkuru y’Abepiskopi muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo, CENCO yanenze icyemezo leta yafashe cyo gufunga ibikorwa bya Bank ndetse n’ibibuga by’indege nyuma y’uko AFC/M23 ifashe umujyi wa Goma.

Kiliziya gatolika muri DRC yakomeje kumvikana inenga ubutegetsi bwa Tshisekedi ko budashoboye bwananiwe gukemura ibibazo by’umutekano byugarije uburasirazuba bw’iki gihugu.

Umunyamabanga Mukuru w’Inama y’Abepisikopi Gatolika ya RDC (CENCO), Musenyeri Donatien Nshole, yatangaje ko ifungwa rya banki n’ibibuga by’indege mu bice bigenzurwa na AFC/M23 ryatumye abaturage babaho mu buzima bugoye.

Ati “Imbaraga Leta yashyize mu ntambara ziri guhungabanya ubukungu bw’igihugu kandi zigira ingaruka ku mibereho y’abaturage, cyane cyane mu burasirazuba. Ifungwa rya banki n’ibibuga by’indege mu bice bigenzurwa na AFC/M23 riri gutuma imiryango myinshi ibaho mu buzima bugoye.”

Ibi bikorwa biri mu bikorwa remezo byangijwe n’ihuriro ry’ingabo za leta nyuma yo kubona ko zatsinzwe n’abarwanyi ba AFC/M23.

CENCO ikomeje kugaragaza ubushake bwo gushakira amahoro uburasirazuba bwa DRC yagaragaje ko imbande zombie zikwiye kwicara zikaganira nyuma yo guhura n’abayobozi b’izimpande.

 

 

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Ubushinjacyaha bwasabiye Constant Mutamba gukurwaho ubudahangarwa kugira ngo atabwe muri yombi

Ubushinjacyaha bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabye Inteko Ishinga Amategeko kwambura…

Uganda: inkiko za gisirikare zigiye kujya ziburanisha abasivile

Inteko Ishinga Amategeko muri Uganda yatoye itegeko riha ububasha inkiko za gisirikare…

Umugore wa Joe Biden agiye kujyanwa mu nkiko kubera kutita ku mugabo we

Jill Biden umugore w’uwahoze ari perezida wa leta  zunze ubumwe za Amerika…

Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’intebe wa DRC yakatiwe imirimo y’agahato kubera ruswa

Urukiko rushinzwe kurengera Itegeko Nshinga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye…

Umugore wibarutse akigera mu Rwanda avuye mu menyo ya FDLR, yahawe ibikoresho

Muhawenimana Ntagisanimana w’imyaka 24, ni umwe mu banyarwanda 1,165 bari barafashwe bugwate…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Igisirikare cya Sudani kivuga ko cyirukanye burundu umutwe wa RSF muri leta ya Khartoum

2 Min Read
Mu mahanga

Perezida Ndayishimiye yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru Lt.Gen.Gervais Ndirakobuca

1 Min Read
Mu mahanga

Joseph Kabila wabaye perezida wa DRC yahamagajwe na Sena  i Kinshasa

1 Min Read
Mu mahanga

Ibikorwa byo gucyura abasirikare n’abapolisi ba RDC 1359 bahungiye kuri MONUSCO byarangiye

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?